Perezida Kagame yagaragaje ko abuzukuru be ari abafana bashya ba Arsenal FC
Yanditswe: Saturday 29, Apr 2023

Perezida Kagame yagaragaje ko abuzukuru be babiri ari abafana bashya ba Arsenal FC abereye umufana w’imena,Aho yashyize hanze ifoto bambaye imyenda iriho ikirango cy’iyi kipe.
Ku ifoto yashyize kuri Twitter ye, yayiherekeje n’amagambo agira ati “Turi Abarashi…bashya, bakiri bato…#FanClub.’’
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame asanzwe akunda ikipe ya Arsenal,ndetse akunze kuyishyigikira ndetse akananenga ibitagenda neza.
Yaherukaga kwishimira intsinzi ya Arsenal,Kuwa 04 Werurwe 2023,ubwo (...)
Perezida Kagame yagaragaje ko abuzukuru be babiri ari abafana bashya ba Arsenal FC abereye umufana w’imena,Aho yashyize hanze ifoto bambaye imyenda iriho ikirango cy’iyi kipe.
Ku ifoto yashyize kuri Twitter ye, yayiherekeje n’amagambo agira ati “Turi Abarashi…bashya, bakiri bato…#FanClub.’’
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame asanzwe akunda ikipe ya Arsenal,ndetse akunze kuyishyigikira ndetse akananenga ibitagenda neza.
Yaherukaga kwishimira intsinzi ya Arsenal,Kuwa 04 Werurwe 2023,ubwo yatsindaga ku munota wa nyuma, Brentford ibitego 3-2 muri shampiyona.
Icyo gihe,abinyujije ku rubuga rwa Twitter yanditse ati "Mbega ibihe bishimishije kuri Arsenal, umutoza, Nelson...natwe twese abafana...Wow"
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *