Imikino
Reba amafoto yihariye ya Perezida Kagame mu muhango wo gutaha ikibuga cya Club Rafiki(Amafoto,Video)
Yanditswe: Saturday 21, May 2022
Amafoto atandukanye agaragaza Perezida Kagame ubwo yari yitabiriye umuhango wo gufungura ikibuga cya Basketball cyo kuri Club Rafiki i Nyamiramb cyari kimaze iminsi kivugururwa.
Ni umuhango witabiriwe n’Umunya-Nigeria Masai Ujiri uyobora Ikipe ya Toronto Raptors, Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, abafite aho bahuriye n’ibikorwa bya siporo muri Afurika, abayobozi mu nzego nkuru za Leta, abakinnyi n’abandi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *