skol
fortebet

Perezida wa FIFA yandikiye APR FC ayishimira kwisubiza igikombe cya shampiyona

Yanditswe: Saturday 03, Jul 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira ku isi Gianni Infatino yashimiye byimazeyo ikipe y’ingabo z’igihugu nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona ubugira kabiri idatsinzwe.
Ni ubutumwa yageneye APR FC kuri uyu wa Kane tariki 01 Nyakanga 2021 abinyujije ku muyobozi mushya wa FERWAFA uheruka gutorerwa kuyobora iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Nizeyimana Olivier.
Mu kwezi gushize nibwo ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 19, igikombe yegukanye idatsinzwe (...)

Sponsored Ad

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira ku isi Gianni Infatino yashimiye byimazeyo ikipe y’ingabo z’igihugu nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona ubugira kabiri idatsinzwe.

Ni ubutumwa yageneye APR FC kuri uyu wa Kane tariki 01 Nyakanga 2021 abinyujije ku muyobozi mushya wa FERWAFA uheruka gutorerwa kuyobora iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Nizeyimana Olivier.

Mu kwezi gushize nibwo ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 19, igikombe yegukanye idatsinzwe mu mikino 13 yakinnye.

APR FC yatwaye igikombe ku manota 19,izigamye ibitego 20 mu gihe AS KIGALI yabaye iya kabiri n’amanota 19 izigamye ibitego 12.

Ibaruwa Infantino yandikiye APR FC


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa