skol

Rayon Sports irakira Amagaju saa 18:00’, itike ya make ni 2000

Yanditswe: Wednesday 05, Apr 2017

Uyu munsi kuwa Gatatu tariki ya 5 Mata ikipe ya Rayon Sports iraba yakiriye Amagaju FC mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ukaba uteganyijwe ku isahga ya saa 18:00’.
Ni umukino wari uteganyijwe ku isaha ya saa 15:30’ ku kibuga cya Kigali(Stade Regional de Nyamirambo), bitewe n’uko hari bubanze umukino w’ingimbi ndetse n’impande zombi zikaza kubyumvikanaho, nubwo ikipe y’Amagaju yari yabyinubiye ivuga batabiyimenyesheje byarangiye umukino wimuriwe saa (…)

Uyu munsi kuwa Gatatu tariki ya 5 Mata ikipe ya Rayon Sports iraba yakiriye Amagaju FC mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, ukaba uteganyijwe ku isahga ya saa 18:00’.

Ni umukino wari uteganyijwe ku isaha ya saa 15:30’ ku kibuga cya Kigali(Stade Regional de Nyamirambo), bitewe n’uko hari bubanze umukino w’ingimbi ndetse n’impande zombi zikaza kubyumvikanaho, nubwo ikipe y’Amagaju yari yabyinubiye ivuga batabiyimenyesheje byarangiye umukino wimuriwe saa 18:00.’

Ni umukino uri bubanzirizwe n’uw’ingimbi za AS Kigali ndetse na Rayon Sports ku isaha ya saa 15:30’.

Kwinjira kuri uyu mukino itike ya make ni amafaranga ibihumbi 2000 by’amafaranga y’u Rwanda.

Dore ibiciro byose uko biteye

V/VIP: 10,000frw
VIP: 5,000frw
Ahatwikiriye:3,000frw
Ahasigaye: 2,000frw

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa