Rayon Sports y’abagore yatangiye shampiyona inyagira Gatsibo ibitego 16-0
Yanditswe: Sunday 11, Dec 2022
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore iheruka gushingwa yatsinze ibitego 16-0 Gatsibo WFC bakinnye ku munsi wa mbere wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri.
Ibitego bya Rayon Sports byatsinzwe n’abakinnyi 9 barimo umwe watsinze bitanu wenyine.
Ibi bitego byatsinzwe na Imanizabayo Florence watsinze 5,Divine,Uwamariya Diane na Muhoza buri umwe atsinda ibitego 2 mu gihe abarimo Gikundiro,Valentine,Rosine,Araza na Pascaline bashyizemo igitego kimwe buri umwe.
Mbere y’uko umwaka w’imikino 2021/2022 (…)
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore iheruka gushingwa yatsinze ibitego 16-0 Gatsibo WFC bakinnye ku munsi wa mbere wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri.
Ibitego bya Rayon Sports byatsinzwe n’abakinnyi 9 barimo umwe watsinze bitanu wenyine.
Ibi bitego byatsinzwe na Imanizabayo Florence watsinze 5,Divine,Uwamariya Diane na Muhoza buri umwe atsinda ibitego 2 mu gihe abarimo Gikundiro,Valentine,Rosine,Araza na Pascaline bashyizemo igitego kimwe buri umwe.
Mbere y’uko umwaka w’imikino 2021/2022 urangira,amakipe yose y’ibigugu mu Rwanda yiyemeje gushinga amakipe y’abagore ariko bihurirana n’uko Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane wa Afurika, CAF, yavuze ko mu 2023 nta kipe izakina amarushanwa yayo idafite ikipe y’abagore.
Ibi byatumye amakipe atekereza Kabiri, maze amwe ahita atangira kurambagiza abakobwa bakina umupira w’amaguru mu rwego rwo kwitegura hakiri kare.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwahise butangiza gahunda yo gushaka abakobwa bakina ruhago ndetse banatangiza imyitozo y’iyo kipe.
Ibitekerezo
#IMPAMVU_UTABYARA(UMUGORE). *WhatsApp &Sms: +250789502321*
✔️Ufite acide nyinshi mu gitsina
✔️Urwaye infections
✔️Ufite ibibyimba muri nyababyeyi
✔️Ufite imisemburo micye
✔️Ufite intangangore
zitameze neza
✔️Ufite imiyoborantanga yazibye
❌Birashoboka ko umugabo yaba ariwe ufite ikibazo!
Wowe ukeka ari iyihe mpamvu ituma utabyara? Niba ufite icyo kibazo cg uzi inshuti/umuvandimwe ufite icyo kibazo mubwire atugane tumufashe.
Dukorera mu mujyi wa Kigali hafi y’agakinjiro ka Nyarugenge na Remera
*N.B:Aho uherereye hose mu Rwanda tukoherereze supplements zacu. Abatuye USA🇱🇷,Canada 🇨🇦, Uk,France...... namwe tuboherereza supplements zacu ku bufatanye na FDA,MINISANTE n’IPOSITA*
#Twandikire cg #uduhamagare #tugufashe
WhatsApp/Sms: +250789502321