skol
fortebet

Rayon Sports yasinyishije umwe mu bakinnyi beza mu gihugu cy’u Burundi

Yanditswe: Friday 08, Jul 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Mbirizi Eric wakiniraga Le Messager Ngozi yamaze kwerekeza muri Rayon Sports.Yasinyiye i Burundi kuri uyu wa Gatanu.
Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa 9, aba umunyamahanga wambere wakinaga muri Shampiyona yo hanze y’u Rwanda isinyishije.
Uyu mukinnyi usanzwe ari Murumuna wa Mbirizi Christian yerekeje muri Rayon Sport isanzwe ihirwa cyane n’abakinnyi bo mu Burundi.
Amakuru aravuga ko uyu mukinnyi yasinye amasezerano y’imyaka 2 ku bihumbi 18 000 (...)

Sponsored Ad

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Mbirizi Eric wakiniraga Le Messager Ngozi yamaze kwerekeza muri Rayon Sports.Yasinyiye i Burundi kuri uyu wa Gatanu.

Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa 9, aba umunyamahanga wambere wakinaga muri Shampiyona yo hanze y’u Rwanda isinyishije.

Uyu mukinnyi usanzwe ari Murumuna wa Mbirizi Christian yerekeje muri Rayon Sport isanzwe ihirwa cyane n’abakinnyi bo mu Burundi.

Amakuru aravuga ko uyu mukinnyi yasinye amasezerano y’imyaka 2 ku bihumbi 18 000 by’amadorali y’Amerika.

Uyu n’umwe mu bakinnyi benshi mu Barundi bemeza ko ari umukinnyi mwiza cyane bitewe nuko yitwaye umwaka ushize.

Ntabwo Rayon Sports iratangaza ku mugaragaro ko yasinyishije uyu mukinnyi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa