skol

Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kwinjira mu mukino wayo na APR FC

Yanditswe: Wednesday 14, Dec 2022

featured-image

Ikipe ya Rayon Sports irakira APR FC kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17/12/2022, mu mukino w’umunsi wa 14 uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Ibiciro byo kwinjira muri uyu mukino uzahuza Rayon Sports na APR FC kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2022 byatangajwe uyu munsi aho ahasanzwe hose ari 5000 FRW.
Ahatwikiriye hose ni 10,000, VIP 30,000,V VIP 100,000.
Rayon Sports irarusha amanota 4 APR FC muri shampiyona gusa imaze imikino 6 yikurikiranya itayitsinda.
Ku munsi (…)

Ikipe ya Rayon Sports irakira APR FC kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17/12/2022, mu mukino w’umunsi wa 14 uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.

Ibiciro byo kwinjira muri uyu mukino uzahuza Rayon Sports na APR FC kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2022 byatangajwe uyu munsi aho ahasanzwe hose ari 5000 FRW.

Ahatwikiriye hose ni 10,000, VIP 30,000,V VIP 100,000.

Rayon Sports irarusha amanota 4 APR FC muri shampiyona gusa imaze imikino 6 yikurikiranya itayitsinda.

Ku munsi w’ejo tariki ya 13 Ukuboza,2022,Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yagize ati"Imyaka ishize ari itatu tudatsinda APR tuzahatana. Ku wa Gatandatu ni ugupfa cyangwa gukira, ni umukino wa nyuma. Gutsinda tubifite mu nshingano kuva ku bakinnyi, ku batoza. Twambarire urugamba. Tugomba gutsinda."

Amanota atatu APR FC iheruka gukura i Rubavu kuri Stade Umuganda yatumye ihita igira amanota 24, ayisubiza ku mwanya wa gatatu n’amanota 24 inganya na Kiyovu Sports, mu gihe AS Kigali ya kabiri ifite 27 n’aho Rayon Sports ya mbere by’agateganyo ikagira amanota 28.

Ibitekerezo

  • #IMPAMVU_UTABYARA(UMUGORE). *WhatsApp &Sms: +250789502321*

    ✔️Ufite acide nyinshi mu gitsina
    ✔️Urwaye infections
    ✔️Ufite ibibyimba muri nyababyeyi
    ✔️Ufite imisemburo micye
    ✔️Ufite intangangore
    zitameze neza
    ✔️Ufite imiyoborantanga yazibye

    ❌Birashoboka ko umugabo yaba ariwe ufite ikibazo!

    Wowe ukeka ari iyihe mpamvu ituma utabyara? Niba ufite icyo kibazo cg uzi inshuti/umuvandimwe ufite icyo kibazo mubwire atugane tumufashe.

    Dukorera mu mujyi wa Kigali hafi y’agakinjiro ka Nyarugenge na Remera

    *N.B:Aho uherereye hose mu Rwanda tukoherereze supplements zacu. Abatuye USA🇱🇷,Canada 🇨🇦, Uk,France...... namwe tuboherereza supplements zacu ku bufatanye na FDA,MINISANTE n’IPOSITA*

    #Twandikire cg #uduhamagare #tugufashe

    WhatsApp/Sms: +250789502321

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa