Rivers vs Rayon Sports: Savio muri ba myugariro babanzamo, Djabel yagarutse nawe muri 11
Yanditswe: Sunday 16, Apr 2017
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 11 babanza mu kibuga ku mukino wa CAF Confederation Cup ubanza bafitanye na Rivers United.
Ni umukino uteganyijwe ku isaha ya saa 17:00’ zo mu Rwanda, aho Masudi Djuma n’ubwo aribuze gukina yugarira yabanjemo abakinnyi basatira benshi.
Masudi avuga ko ngo bitewe n’uko iyo ikipe ije ishaka kugarira biyigora ndetse bikaba byayiviramo gutsindwa, akaba ariyo mpamvu yahisemo kugarira ariko anasatira.
Mu bakinnyi bari bubanzemo (...)
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 11 babanza mu kibuga ku mukino wa CAF Confederation Cup ubanza bafitanye na Rivers United.
Ni umukino uteganyijwe ku isaha ya saa 17:00’ zo mu Rwanda, aho Masudi Djuma n’ubwo aribuze gukina yugarira yabanjemo abakinnyi basatira benshi.
Masudi avuga ko ngo bitewe n’uko iyo ikipe ije ishaka kugarira biyigora ndetse bikaba byayiviramo gutsindwa, akaba ariyo mpamvu yahisemo kugarira ariko anasatira.
Mu bakinnyi bari bubanzemo Savio nkibimaze kumenyerwa araba akina nka myugariro w’ubumoso mu gihe Djabel wari umaze iminsi atabanza mu kibuga kubera ko yari amaze iminsi mu mvune yagarutse muri 11.
Dore 11 ba Rayon Sports bari bubanzemo
Umuzamu: Ndayishimiye Eric Bakame
Ba myugariro: Manzi Thierry, Mugabo Gabriel, Nshuti Dominque Savio na Munezero Fiston
Abakina hagati: Niyonzima Olivier Sefu, Kakure Mugheni Fabrice na Kwizera Pierrot
Ba rutahizamu: Nova Bayama, Manishimwe Djabel na Moussa Camara
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *