skol
fortebet

Rutahizamu Lionel Messi agiye kwinjira muri Sinema

Yanditswe: Monday 23, Sep 2024

featured-image

Sponsored Ad

Umunya-Argentine Lionel Messi wamenyekanye muri FC Barselona , ubu akaba akinira ikipe ya Enter Miami yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, agiye gutangiza inzu itunganya Sinema muri Amerika na Argentine.

Sponsored Ad

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Hollywood Reporter, yavuzeko 525 Rosario Studio ya Lionel Messi izajya itunganya Sinema ndetse abakozi benshi bayo bayiyobora bakaba ari abo mu muryango wa Messi.

Lionel Messi yageze muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika avuye muri Psg yo mu Bufaransa , nyuma yo kwandika amateka muri FC Barselona aho yatwaye Ballo Dor 8 , bimugira umukinnyi wa mbere ku Isi.

Lionel Messi yavutse tariki 24 , Kamena 1987 yatwaye igikombe cy’Isi muri 2022 arikumwe na Argentine batsinze Ubufansa kuri Penalite.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa