Umusore Ousmane Bembele umufaransa w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Borussia Dortmund, gusa wifuzwa cyane na FC Barcelona mu rwego rwo kumusimbuza Neymar Jr wifuza kujya mu ikipe ya PSG, yagaragaye ku munsi w’ejo arwana na mugenzi we w’umunyezamu Roman Burki ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama uyu mwaka.
Uyu musore uri kugaruka mu bitangazamakuru by’I burayi cyane ko ari umwe mu bitwaye neza umwaka ushize FC Barcelona ishaka,ntabwo yashoboye gutegeka umujinya we nyuma yo kutumvikana na mugenzi we (...)
Umusore Ousmane Bembele umufaransa w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Borussia Dortmund, gusa wifuzwa cyane na FC Barcelona mu rwego rwo kumusimbuza Neymar Jr wifuza kujya mu ikipe ya PSG, yagaragaye ku munsi w’ejo arwana na mugenzi we w’umunyezamu Roman Burki ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama uyu mwaka.
Uyu musore uri kugaruka mu bitangazamakuru by’I burayi cyane ko ari umwe mu bitwaye neza umwaka ushize FC Barcelona ishaka,ntabwo yashoboye gutegeka umujinya we nyuma yo kutumvikana na mugenzi we bakinana nubwo icyateye guhangana kw’aba basore bombi kitavuzwe n’ikinyamakuru Dailymail dukesha iyi nkuru.
Iyi ntambara ije ikurikira iya Neymar na Nelson Semedo baherutse kurwana ubwo bari mu mugi wa Miami mu mikino ya International champions Cup.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *