skol

Umukinnyi yishimiye igitego mu gikombe cy’isi afashe igitsina cye kubera impamvu itangaje

Yanditswe: Saturday 03, Dec 2022

featured-image

Rutahizamu wa Serbia,Dusan Vlahović,yishimiye igitego yatsinze Ubusuwisi afashe igitsina cye mu rwego rwo kwamagana ibyamuvuzweho ko yasambanyije umugore w’umukinnyi bakinana.
Mu minsi ishize,uwitwa Richard Wilson, umunyamakuru w’Umwongereza,yavuze ko uyu rutahizamu wa Juventus yaryamanye n’umugore wa mugenzi we, Predrag Rajkovic,ubwo bari mu myitozo y’ikipe.
Inkuru yari imaze iminsi ivugwa nuko Vlahovic yakuwe mu bakinnyi 11 babanza mu kibuga muri Seribiya kubera gusambanya umugore (…)

Rutahizamu wa Serbia,Dusan Vlahović,yishimiye igitego yatsinze Ubusuwisi afashe igitsina cye mu rwego rwo kwamagana ibyamuvuzweho ko yasambanyije umugore w’umukinnyi bakinana.

Mu minsi ishize,uwitwa Richard Wilson, umunyamakuru w’Umwongereza,yavuze ko uyu rutahizamu wa Juventus yaryamanye n’umugore wa mugenzi we, Predrag Rajkovic,ubwo bari mu myitozo y’ikipe.

Inkuru yari imaze iminsi ivugwa nuko Vlahovic yakuwe mu bakinnyi 11 babanza mu kibuga muri Seribiya kubera gusambanya umugore witwa Ana Cakic, umugore w’umuzamu wa kabiri Predrag Rajkovic.

Nyuma yo guhakana byimazeyo aya makuru, Vlahovic yahise atuka abakwirakwije ayo makuru aho yishimye afashe igitsina cye kuko kugifata bifatwa nk’igitutsi mu banyaburayi.

Ibi yabikoze nyuma yo gutsindira igitego cya kabiri igihugu cye bakina n’Ubusuwisi mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar,gusa byarangiye ikipe ye itsinzwe ibitego 3-2.

Vlahovic yahakanye ibyo aregwa ndetse anamagana abamushinja, avuga ko bitwaye nabi kumuvuga ikipe ye iri hafi kujya muri iri rushanwa rikomeye.

Vlahovic yagizeati: "Mbabajwe no kuba ntangiye ikiganiro n’abanyamakuru mu gikombe cy’isi muri ubu buryo, ariko ngomba kubivugaho kuko n’izina ryanjye riri kwangizwa.

"Ibyo twese dusoma kandi twumva, si ngombwa kuvuga ku bintu bidakwiriye.

Ikigaragara ni uko aba bantu bananiwe kandi nta kindi kintu cyiza bakora kuko bababaye cyangwa barakaye, ariko gukora ibinyuranye n’inyungu z’ikipe y’igihugu muri iki gihe biragaragara ko ariko kazi kabo."

Vlahovic yongeyeho ati: "Niteguye kurengera izina ryanjye mu buryo bwemewe n’amategeko, nibiba ngombwa. Ibivugwa ni ibinyoma kandi umwuka mu ikipe ni mwiza cyane".

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

     Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
     irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
     yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
     irwanya umuriro wa Malaria
     yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
     irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
     ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
     Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa