skol
fortebet

Umunyamideli w’uburanga yavuze uko yagushije Cristiano Ronaldo kugeza basambanye

Yanditswe: Wednesday 08, Sep 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yongeye kuvugwa mu bitangazamakuru ku byerekeye ubusambanyi nyuma y’aho umunyamideli w’Umunya Portugal witwa Natacha Rodriguez yavuze ko yamushotoye bikarangira basambanye.

Sponsored Ad

Uyu mukinnyi mushya wa Manchester United,azwiho gukunda cyane abagore ndetse uyu Natacha yiyongereye ku bakobwa benshi bagiye bemeza ko basambanye nawe.

Natacha Rodriguez yavuze ko yasambanye na Ronaldo bari mu nyubako ye i Lisbon, nyuma y’amezi 2 bandikirana ndetse ngo babikoze nyuma y’aho ahuye n’umukunzi we Georgina Rodriguez bamaranye imyaka isaga 4.

Rodriguez yabwiye The Sun ati “Hari nka saa saba z’amanywa ubwo namwohererezaga ifoto yanjye nk’imikino.Natekerezaga ko atazansubiza ariko saa kumi n’ebyiri za mu gitondo yaransubije,ibintu bihita bitangirira aho.Kureba inyuma,nakifuje ko bitabaye.

Uyu mukobwa yakomeje avuga ko byageze aho uyu mukinnyi amutumira iwe aho ngo yatunguwe ahageze.Ati “Siniyumvishaga ko ndi mu nzu ya Cristiano Ronaldo.Umutima wanjye warateraga cyane nk’uri mu isiganwa ariko yambereye umuntu mwiza ansabakwitwara nkuri mu rugo rwe.

Nakuyemo inkweto ndangije nisukira jus mpita njya kwicara iruhande rwe.Twaganiriye ku nyubako ye naho nari mvuye.

Nahise mpaguruka nkuramo ipantalo yanjye ubundi ndunama kugira ngo mwereke uko nteye, akubitaho aravuga ngo, ndabikunze.”

Ronaldo akimara kuryamana n’uyu mukobwa muri Werurwe 2017, ngo yahise amwandikira ati “Nabyishimiye cyane.Tuzongera kubonana undi munsi.Ni ibanga rikomeye,umbabarire.”

Natacha Rodriguez yavuze ko bikimara kuba,Ronaldo yahise akuraho telefoni,amufungira ahantu hose ndetse ngo afite ubwoba ko ibi azabikorera na Georgina.

Ati “Ronaldo yanjugunye nk’itafari kandi ntekereza ko ashobora kubikorera na Georgina.Narakomeretse cyane kuko yamfungiye [block] kuri Instagram nyuma y’uko turyamanye,na nubu ndacyababaye.”

Uyu mukobwa ngo amaze imyaka 4 arwana no kwikuramo Cristiano ndetse yasabye Georgina kumucunga cyane kuko ngo abakinnyi nkawe bakurura abagore bamara kubasambanya bakabata.


Ronaldo amaze igihe ari mu rukundo na Georgina ashinjwa guca inyuma muri 2017

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa