
Umutoza Luis Enrique yemereye abakinnyi be muri Espagne gukora imibonano nijoro mbere y’imikino ariko ababuza kujya mu birori byo gusambanira mu kivunge.
Ibi bisa nk’ibyafashije Espagne kwitwara neza,kuko iheruka gutsinda Costa Rica ibitego 7-0 mu mukino wa mbere mu itsinda.
Mu rwego rwo kwishimana n’abafana mu gihe cy’irushanwa, Enrique aganira nabo ku rubuga rwa Twitch.
Ubwo bageraga ku ngingoy’imyitwarire y’abakinnyi be mu mibonano mpuzabitsina, uyu wahoze ari umutoza wa Barcelona yagize (...)
Umutoza Luis Enrique yemereye abakinnyi be muri Espagne gukora imibonano nijoro mbere y’imikino ariko ababuza kujya mu birori byo gusambanira mu kivunge.
Ibi bisa nk’ibyafashije Espagne kwitwara neza,kuko iheruka gutsinda Costa Rica ibitego 7-0 mu mukino wa mbere mu itsinda.
Mu rwego rwo kwishimana n’abafana mu gihe cy’irushanwa, Enrique aganira nabo ku rubuga rwa Twitch.
Ubwo bageraga ku ngingoy’imyitwarire y’abakinnyi be mu mibonano mpuzabitsina, uyu wahoze ari umutoza wa Barcelona yagize ati: "Ni ibintu mbona ko bisanzwe rwose.
Ndashaka kuvuga ko uri mu kirori cy’ubusambanyi ijoro ribanziriza umukino bitaba ari byiza. Ariko we."
Enrique, ufite imyaka 52 yageze n’aho avuga ingeso ze.
Yongeyeho ati: "Njye mbona ko guhuza ibitsina ari ngombwa kandi nk’umukinnyi igihe cyose mbishoboye, hamwe n’umugore wanjye, nakoraga ibyo twagombaga gukora."
Umukobwa we, Sira Martinez, akundana na Ferran Torres ukina imbere.
Uyu musore wahoze akinira Manchester City yatsinze ibitego bibiri mu mukino baheruka gutsindamo Costa Rica, abitura umukunzi we Sira.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *