
Seninga Innocent wari umaze igihe ntakazi afite yagizwe umutoza mukuru wa Gendermerie FC yo muri Djibouti.
Iy’ikipe ibarizwa mu cyiciro cya mbere muri Djibouti yashinzwe mu mwaka wa 2002 ,ikaba ikinira kuri Stade de Ville yakira abantu Ibihumbi 20.000.
Seninga yameze kugera muri iki Gihugu ndete asinya amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa mu gihe yaba yitwaye neza.
Seninga ni rimwe mu mazina asanzwe amenyerewe hano muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda ,yatoje amakipe arimo Musanze FC, Sunrise FC,Bugesera FC Ndetse na Police FC.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *