skol
fortebet

Umwe mu bakinnyi birukanwe na Police yamaze gusinyira Rayon Sports imyaka 2

Yanditswe: Thursday 15, Dec 2016

Sponsored Ad

Umukinnyi ukina nka myugariro wakiniraga ikipe ya Police FC, ariko akaba yaramaze kwirukanwa n’iyi kipe, Mugabo Gabriel, yamaze kuba yakwerekeza muri Rayon Sports ndetse anayisinyira imyika 2.
Kuwa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, Police FC yatangaje ko yamaze kwirukana abakinnyi bayo bagera kuri 3 barimo na Gabriel, byakomeje kuvugwa uyu musore yaba ari mu biganiro na Rayo Sports ariko ubuyobozi bw’iyi kipe bukomeza kugenda bubihisha, gusa kuri ubu ni umukinnyi wa Rayon Sports nk’uko we (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi ukina nka myugariro wakiniraga ikipe ya Police FC, ariko akaba yaramaze kwirukanwa n’iyi kipe, Mugabo Gabriel, yamaze kuba yakwerekeza muri Rayon Sports ndetse anayisinyira imyika 2.

Kuwa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, Police FC yatangaje ko yamaze kwirukana abakinnyi bayo bagera kuri 3 barimo na Gabriel, byakomeje kuvugwa uyu musore yaba ari mu biganiro na Rayo Sports ariko ubuyobozi bw’iyi kipe bukomeza kugenda bubihisha, gusa kuri ubu ni umukinnyi wa Rayon Sports nk’uko we abyitangariza.

Mugabo Gabriel aganira na radio Salus yatangaje ko kugeza ubu ari umukinnyi wa Rayon Sports kuko yamaze kuyisinyira imyaka 2.

Yagize ati"eee, ayo makuru urebye niyo niko bihagaze, yego ndi umukinnyi wa Rayo Sports, nukuvyga mari makeya ntakindi kibazo gihari ndibaza ko byarangiye byatunganye byose, ubwo hagize igihinduka haba hari indi mpamvu yabiteye kuko impamvu zo zibaho, ni myaka 2 nasinye nk’ibisanzwe."

Mugabo ni umwe mu bakinnyi batatu birukanwe muri Police bashinjwe ikinyabupfura gike, kutumvikana n’umutoza ndetse no kugumura abakinnyi bagenzi be, ubunyamaze gusinyira rayon Sports imyaka 2.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa