skol
fortebet

Yaretse umupira w’amaguru kugira ngo ajye gukina filimi z’urukozasoni

author-image

Yanditswe na: Dusingizimana Remy
Kuwa: Tuesday 07, Mar 2023

Yaretse umupira w'amaguru kugira ngo ajye gukina filimi z'urukozasoni

Sponsored Ad

skol

Umusore w’imyaka 24, Davide Iovinella wakinaga mu cyiciro cya kane, Serie D,mu Butaliyani mu ikipe ya ASD Calcio Pomigliano yahise gusezera kuri uyu mwuga ajya gukina filimi z’ubusambanyi.
Uyu ngo yahisemo kwinjira mu gukina izi filimi kugira ngo yinjize amafaranga menshi kurushaho cyane ko ngo muri ruhago yakuragamo urusenda.
Iovinella yahise arwanirwa n’amashyirahamwe acuruza filimi z’urukozasoni nyuma yo gufata umwanzuro wo kuzinjiramo.
Uyu ngo byaramuhiriye kuko yahise ahabwa akazi (…)

Umusore w’imyaka 24, Davide Iovinella wakinaga mu cyiciro cya kane, Serie D,mu Butaliyani mu ikipe ya ASD Calcio Pomigliano yahise gusezera kuri uyu mwuga ajya gukina filimi z’ubusambanyi.

Uyu ngo yahisemo kwinjira mu gukina izi filimi kugira ngo yinjize amafaranga menshi kurushaho cyane ko ngo muri ruhago yakuragamo urusenda.

Iovinella yahise arwanirwa n’amashyirahamwe acuruza filimi z’urukozasoni nyuma yo gufata umwanzuro wo kuzinjiramo.

Uyu ngo byaramuhiriye kuko yahise ahabwa akazi n’uyobora izi filimi witwa Rocco Siffredi.

Uyu ngo yahise yoherezwa i Budapest muri Hungary gusura aho batoreza abakinnyi b’izi filimi ziyoborwa n’uriya Siffredi.

Ubu Iovinella yahise afata izina rya Davide Montana muri izi filimi z’urukozasoni.

Uyu avuga ku guhindura umwuga yagize ati: "Si kimwe no kuryamana n’uwo mukundana,uba ugomba gukora cyane kandi ugahozaho."

Uyu ariko ngo nubwo yasezeye kuri ruhago,ngo yifuza gushaka ikipe muri Budapest agakina.

Ati "Igitekerezo n’ugushaka ikipe muri Hungary."

Uyu siwe wa mbere uhisemo kureka umupira akajya mu gukina filimi z’urukozasoni kuko na Danny Mountain wahoze akinira Southampton ndetse agashakishwa n’amakipe arimo Chelsea, West Ham na Tottenham akazanga,yinjiye mu gukina filimi z’ubusambanyi.

Ibi byabaye nyuma yo kugira imvune y’ivi ikamubera ikibazo byatumye ahindura umwuga.

However, a knee injury gave dealt him a major setback when he was 16-years-old.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa