skol

Imikino

Haruna Niyonzima yahaye ubutumwa bukomeye abatarishimiye ko yahamagawe mu Mavubi amaze amezi 8 adakina

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima yavuze ko kuba yarahamagawe mu ikipe (…)

Neymar yibasiriye Liverpool bazahurira mu matsinda ya UEFA Champions League

Rutahizamu Neymar Jr ukinira ikipe ya PSG yatangaje ko abona Liverpool ari ikipe iciriritse (…)

Real Madrid yahawe urw’amenyo kubera ibyo ishaka gukorera Marcelo

Ikipe ya Real madrid yateye impaka ku mbuga nkoranyambaga kubera amakuru yavuzwe mu binyamakuru (…)

Lionel Messi yavuze kuri Cristiano Ronaldo wamutaye muri La Liga akigira muri Juventus

Kabuhariwe Lionel Messi wa FC Barcelona yavuze ko kuri ubu ikipe ya Real Madrid yoroshye cyane (…)

Umutoza wa Enyimba yatangaje impungenge zikomeye atewe na Rayon Sports

Umutoza Usman Abd’Allah utoza ikipe ya Enyimba FC yatangaje ko atewe impungenge no kuba atazi (…)

Robertinho yatangaje amagambo akomeye nyuma yo gutombora Enyimba FC

Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho yavuze ko ikipe (…)

Rwatubyaye Abdul mu nzira yerekeza muri Tanzania

Myugariro wa Rayon sports Rwatubyaye Abdul uri mu bihe byiza arashakishwa bikomeye n’ikipe ya (…)

APR FC iri mu biganiro bya nyuma na myugariro wa Rayon Sports yifuza gusimbuza Nsabimana Aimable

Ikipe ya APR FC ikomeje kugera amajanja myugariro ukomeye mu ikipe ya Rayon Sports witwa (…)

Rayon Sports izahura na Enyimba muri ¼ cya CAF Confederations Cup

Muri Tombola imaze kurangira mu Misiri,ikipe ya Rayon Sports izahura na Enyimba FC yo muri (…)

Cristiano Ronaldo,Luka Modric na Mohamed Salah nibo bazatorwamo uzahabwa FIFA The Best izwi nka Ballon d’Or

Nkuko byagenze muri UEFA,Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi,FIFA naryo ryatangaje ko (…)

Ronaldinho yasingije Messi anatangaza umukinnyi ababazwa no kuba atarakinannye nawe

Kabuhariwe mu gucenga Ronaldinho,yatangaje ko akunda imikinire ya Lionel Messi cyane kurusha (…)

Cristiano Ronaldo yatumye igikundiro cya Real Madrid mu bafana kigabanuka bikomeye

Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse kuva mu ikipe ya Real Madrid yerekeza muri Juventus yatumye (…)

Mourinho yasubije abatangaje ko yanze ko Cristiano Ronaldo agaruka muri Manchester United

Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yanyomoje amakuru yanditswe na bimwe mu binyamakuru (…)

Sadio Mane yicishije bugufi cyane bishimisha benshi mu bakunzi ba ruhago

Umukinnyi Sadio Mane ukinira ikipe ya Liverpool yishimiwe na benshi mu bakunzi ba ruhago kubera (…)

Neymar Jr yatangaje amakipe abiri yifuza kuzakinira mu Bwongereza

Kabuhariwe Neymar Junior umunya Brazil uri mu bakinnyi bakunzwe ku isi yatangaje ko nubwo (…)