skol

Imikino

AS Kigali inyagiye Bugesera biyifasha gusatira APR FC

Ikipe ya AS Kigali igaragaje ko igifite gahunda yo guhanganira igikombe cya shampiyona nyuma yo (…)

Mayweather yongeye kwifotoza afite akayabo k’ amadolari umukobwa ari kumukorakora[AMAFOTO]

Kabuhariwe mu iteramakofe Floyd Mayweather yongeye kwereka isi yose ko ari Mister Money,ubwo (…)

Cristiano Ronaldo yatangaje myugariro wamugoye kurusha abandi

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo umaze gutsinda ibitego birenga 500 mu mateka ye nk’umukinnyi wa (…)

Bigoranye APR FC y’abakinnyi 10 ikuye amanota 3 kuri Musanze FC

Ibifashijwemo n’abasore bayo bakomoka mu karere ka Rubavu,ikipe ya APR FC y’abakinnyi 10 ikuye (…)

Real Madrid na Liverpool batangaje abakinnyi 18 bazakoresha ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Harabura amasaha make kugira ngo rwambikane hagati ya Real Madrid ishaka igikombe cya 3 (…)

Benshi batangariye ukuntu Cristiano Ronaldo yakoze umubiri cyane [AMAFOTO]

Hirya no hino ku isi,hiriwe hacaracara amafoto agaragaza ukuntu Cristiano Ronaldo Ronaldo (…)

Cristiano Ronaldo yahaye igisubizo gitangaje abamugereranya na Mohamed Salah

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yahaye gasopo abamugereranya na Mohamed Salah ko we nta mukinnyi (…)

Agasembuye katumye umukinnyi wa Etincelles FC yibagirwa ko bafitanye umukino na Rayon Sports

Umukinnyi witwa Kayigamba Jean Paul uri mu bo Etincelles FC igenderaho,yagiye mu kabari ku wa (…)

Kera kabaye Rayon Sports ibashije kwigaranzura Etincelles FC

Ikipe ya Rayon Sports yigaranzuye Etincelles Fc yari imaze iminsi iyihagama ,iyisezerera mu (…)

Unai Emery yijeje ibyishimo abakunzi ba Arsenal nyuma yo kugirwa umutoza wayo ku mugaragaro

Muri iki gitondo nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Arsenal bwatangaje ku mugaragaro ko Unai Emery (…)

Minnaert ashobora kuba yumvikana n’abakinnyi 5 gusa muri Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minnaert yamaze gutakarizwa icyizere na bamwe mu bakinnyi (…)

Zidane yaburiye abakunzi ba Liverpool, atangaza icyo akundira Cristiano Ronaldo

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid yatangaje ko abatekereza ko Liverpool ikeneye igikombe cya UEFA (…)

Kiyovu Sports yandagaje AS Kigali iyibutsa ko yayitanze mu mujyi wa Kigali

Kiyovu Sports itunguye abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda kuko ikoze ibyo batakekaga (…)

Unai Emery yatangaje abakinnyi 2 azubakiraho umukino wa Arsenal batarimo Ozil

Unai Emery waraye amenyekanye ko ariwe ugiye gusimbura Arsene Wenger muri Arsenal,yatangaje ko (…)