skol

Imikino

Muhadjiri ntiyicuza kuba yarahawe ikarita itukura kuri Rayon Sports

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC Hakizimana Muhadjiri yatangaje ko aticuza kuba yarahawe ikarita (…)

Neymar ashobora kudakina na Real Madrid mu mukino wo Kwishyura

Umukinnyi Neymar Jr yaraye avunikiye bikomeye mu mukino ikipe ye ya Paris Saint Germain yatsinze (…)

Migi ntiyibutse ko afite isabukuru kubera gutegura Rayon Sports

Kapiteni w’ikipe ya APR FC Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi ntiyibukaga ko yari afite (…)

Abafana ba Rayon Sports bashatse gusagararira Karekezi

Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports ryashatse guhohotera umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi (…)

Manchester City inyagiye Arsenal iyitwara igikombe cya Carabao Cup 2018

Ikipe ya Manchester City yegukanye igikombe cya mbere cy’uyu mwaka cya Carabao Cup,nyuma yo (…)

APR FC y’abakinnyi 10 itsinze Rayon sports

Mu mukino wa shampiyona w’umunsi wa 11 utarabereye igihe, ikipe ya APR Fc yabonye ikarita (…)

Pogba utari kuvuga rumwe na Mourinho ashobora kuva muri Manchester United

Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Manchester United ashobora kuva mu ikipe (…)

Amakuru y’ingenzi ari kuvugwa muri Rayon Sports na APR FC ziracakirana uyu munsi

Benshi mu bakunzi ba Ruhago mu Rwanda bategerezanyije ubwuzu umukino urahuza ikipe ya Rayon (…)

Amikoro yatumye Muhire Hassan asezera muri Miroplast FC ishobora gusenyuka

Umutoza mukuru w’ikipe ya Miroplast Muhire Hassan yamaze kwandikira ibaruwa isezera ubuyobozi (…)

Rurangirwa wongeye gutanga kandidatire yo kuyobora FERWAFA yakoze mu jisho De Gaulle

Rurangirwa Louis wongeye gutanga kanditature yo kwiyamamariza kuyobora FERWAFA yatangaje ko we (…)

Wenger yavuze amagambo mabi kuri Guardiola baracakirana kuri iki cyumweru

Umutoza w’ikipe ya Arsenal,Arsene Wenger yatangaje ko abavuga ko umutoza Guardiola ari umuhanga (…)

Karekezi arashaka kwihorera kuri APR FC iherutse kumutsinda

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yababajwe no gutsindwa na APR FC ku mukino wa 3 (…)

Migi yatangaje uko APR FC ihagaze mbere yo guhura na Rayon Sports

Kapiteni w’ikipe ya APR FC Mugiraneza Jean Baptiste yatangaje ko APR FC ihagaze neza ndetse (…)

Amafoto y’umwana Rooney aherutse kubyara ari guca ibintu hirya no hino [AMAFOTO]

Umugore wa Wayne Rooney rutahizamu w’ikipe ya Everton,Coleen yashyize hanze amafoto y’umwana (…)

Biravugwa ko Lydia Ludic ishobora kurega Rayon Sports muri CAF iyishinja ruswa

Amakuru adafitiwe gihamya aturuka mu Burundi ni uko ikipe ya Lydia Ludic ishobora gutanga (…)