skol

Imikino

Amafoto ya Eugenie Bouchard wigambye ko ari we mwiza kurusha abandi bakobwa bakina Tennis

Umunya Canada Eugenie Bouchard akunze kwigamba ko ariwe mwiza kurusha abandi bakobwa bakina (…)

Teklehaimanot watwaye Tour du Rwanda yabonye ikipe nshya

Umusore Daniel Teklehaimanot ukomoka mu gihugu cya Eritrea uzwi muri Tour du Rwanda ya 2010 (…)

Abafana ba Chelsea batangiye gutuka Conte kubera ibyo Batshuayi yakoreye Dortmund

Benshi mu bafana b’ikipe ya Chelsea batangiye kwibasira umutoza Antonio Conte kubera ukuntu (…)

Karekezi yatangaje aho imyiteguro yo guhura na Lydia Ludic igeze

Umutoza Karekezi Olivier w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko batangiye kwitegura ikipe ya Lydia (…)

Sibomana Papy na Housnat bibarutse imfura yabo

Umukinnyi Sibomana Patrick uzwi nka Papy ukinira ikipe ya Shakhtyor Soligorsk we n’umugore we (…)

Maradona yangiwe kwinjira muri Amerika kubera gutuka Trump

Diego Maradonna wabaye icyamamare mu mupira w’amaguru ku Isi yangiwe kwinjira muri USA kubera (…)

Impamvu nyamukuru zatumye APR FC itsinda Rayon Sports

Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya APR FC yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino wa 3 w’igikombe (…)

U Burusiya buhangayikishijwe n’ibikoko bishobora kubangamira igikombe cy’isi

Abayobozi muri Leta y’U Burusiya baratabaza ko inzige zishobora gutera ku bibuga by’umupira (…)

Migi na Iranzi batangaje icyabafashije gutsinda Rayon Sports

Abakinnyi b’inararibonye mu ikipe ya APR FC Mugiraneza Jean Baptiste na Iranzi Jean Claude (…)

Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Intwari mu gahinda gakomeye

Ikipe ya Rayon Sports niyo yegukanye igikombe cy’Intwari cy’uyu mwaka wa 2018 ibikesheje (…)

Icyamamare muri NBA cyahitanywe n’impanuka

Uwahoze akina muri shampiyona ya Basketball muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika ya NBA witwa (…)

Impamvu APR FC yafatanye uburemere umukino wa Rayon Sports

Ikipe ya APR FC yashyize ingufu mu mukino wa Rayon Sports mu rwego rwo kwihimura kuri Rayon (…)

Chelsea FC yamaze gusinyisha rutahizamu Olivier Giroud

Ikipe ya Chelsea FC imaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije rutahizamu Olivier Giroud (…)

Sekamana ari mu mazi abira nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa

Umukinnyi Sekamana Maxime w’ikipe ya APR FC ashobora kuba ari mu bihano bikarishye nyuma yo (…)

Umufasha wa Gangi yamaganye abashakaga gutaburura umurambo w’umugabo we ngo ushyingurwe bwa kabiri

Umufasha wa Hategekimana Bonaventure Gangi witwa Mukamana Charlotte yanze ibyifuzo by’uwitwa (…)