skol

Imikino

Umukinnyi w’umunya Argentina arashinjwa gushaka kwica umugore we

Umukinnyi witwa Lucho Gonzalez wahoze akinira ikipe ya FC Porto ndetse n’igihugu cya Argentina (…)

FIFA ishobora gukura igihugu cya Espagne mu makipe azakina igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu ya Espagne ishobora gukurwa mu bihugu bizakina igikombe cy’isi cy’umupira (…)

Casa Mbungo yarahiriye kongera kuyobora shampiyona

Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports Casa Mbungo aratangaza ko uyu munsi agomba gutsinda Marines FC (…)

Zanzibar na Kenya nizo zizahurira ku mukino wa nyuma wa CECAFA

Amakipe 2 yari mu itsinda rimwe n’Amavubi niyo yageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA (…)

Real Madrid yatangaje igiciro ku ikipe ishaka Cristiano Ronaldo wongeye gusaba kwigendera

Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko ikipe yifuza Cristiano Ronaldo igomba kwishyura akayabo ka (…)

Abapolisi begukanye imidari ya Bronze mu marushanwa ya Taekwondo

Sgt Birori Consolée na Cpl Ruterana Gilbert batwaye imidari ibiri ya Bronze mu Marushanwa (…)

Amavubi azakorera umwiherero muri Tunisia mbere yo kwerekeza muri CHAN

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle (…)

Ronaldinho yatangaje akazi yifuza gukora nyuma yo gusezera ku mupira w’amaguru

Umunya Brazil Ronaldinho Gaucho wafashije iki gihugu gutwara igikombe cy’isi cya 2002, yatangaje (…)

Pogba yashyize hanze amafoto agaragaza inyogosho idasanzwe yiyogoshesheje

Umukinnyi w’ikipe ya Manchester United Paul Pogba yashyize hanze amafoto y’inyogosho idasanzwe (…)

Karekezi yishimiye gutombora ikipe ya Lydia Ludic mu mikino ya CAF Champions League

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko yishimiye gutombora ikipe ya Lydia (…)

Seninga yatangaje impamvu Police FC ihora itsindwa na Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Police FC yatangaje ko abakinnyi be batarakura mu mutwe ku buryo bashobora (…)

Rayon Sports itsinze Police FC ikomeza kuyikoreraho amateka

Ikipe ya Rayon Sports ibashije kwitwara neza mu mukino w’ikirarane yakinaga n’ikipe ya Police FC (…)

Chris Froome yakoresheje imiti yongera imbaraga mu irushanwa rya Vuelta a Espana

Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare Christopher Froome ukinira ikipe ya SKY yo mu (…)

Benshi mu bafana bakomerekeye ku mukino wahuje abakeba bo muri Serbia (Amafoto)

Mu mukino w’agapingane wahuje amakipe 2 yo muri Serbia ariyo Partizan Bergrade na Red Star (…)

Karekezi arashaka kugarurira abafana ba Rayon Sports icyizere

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko yifuza kugarurira abafana ndetse (…)