skol

Imikino

Mukura VS irakina na APR FC idafite abakinnyi bahagije

• Mukura VS yavunikishije abakinnyi benshi • Mukura VS yanganyije na Miroplast 2-2 ubushize (…)

Eyob Metkel ararira ayo kwarika nyuma yo gusezererwa muri Dimension Data U23

• Eyob Metkel yarangije amasezerano ye muri Dimension Data U23 ndetse yarengeje imyaka 23 • (…)

TP Mazembe yongeye kwegukana igikombe cya CAF Confederations Cup (amafoto)

• TP Mazembe yanganyije na Supersport 0-0 • Mazembe yari yatsindiye I Lubumbashi ibitego 2-1 (…)

Imvura idasanzwe yatumye umukino wahuzaga Kiyovu Sports na Marines FC usubikwa

• Imvura idasanzwe yatumye abasifuzi bafata umwanzuro wo gusubika umukino wahuzaga Kiyovu Sports (…)

Messi yongereye amasezerano muri FC Barcelona bimuhesha kubona akayabo k’amamiliyoni

• Messi yongereye amasezerano muri FC Barcelona azageza 2021 • Messi yahawe akayabo ka miliyoni (…)

Lionel Messi yatangaje amakipe aha amahirwe yo kwegukana UEFA Champions League uyu mwaka

• Messi yatangaje ko ikipe ya PSG na Manchester City arizo aha amahirwe yo kwegukana Igikombe (…)

Areruya yatangaje byinshi ku hazaza he muri Dimension Data

• Areruya Joseph na Mugisha Samuel barangije amasezerano muri Dimension Data • Areruya (…)

Rwatubyaye yatangaje ikintu azahora yibukira kuri Katauti witabye Imana

• Rwatubyaye azahora yibukira Katauti kuri gahunda yagiraga • Rwatubyaye azagaruka mu kibuga mu (…)

Uko imikino iteganyijwe ku munsi wa 8 wa shampiyona y’u Rwanda

• Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 8 • Kiyovu Sports iyoboye shampiyona n’amanota (…)

Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 23 bazitabira CECAFA

• Abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri CECAFA bamenyekanye • APR FC niyo ifite abakinnyi (…)

Rayon Sports iri mu biganiro n’umutoza wigeze gutoza mu Rwanda

• Rayon Sports irashaka umutoza usimbura Karekezi Olivier • Rayon Sports yatangiye ibiganiro na (…)

Seninga Innocent agiye kwitabaza FIFA kugira ngo imufashe kwishyuza Kiyovu Sports miliyoni 6

• Kiyovu Sports yanze kwishyura Seninga Innocent miliyoni 6 z’amafaranga y’u Rwanda yagombaga (…)

Rwatubyaye yatangaje byinshi ku hazaza he muri Rayon Sports

• Rwatubyaye yatangaje ko nta yindi kipe yiteguye gukinira mu Rwanda uretse Rayon Sports (…)

Amavubi yimuwe kuri stade yagombaga gukiniraho muri CECAFA kubera umutekano muke

• Amavubi yimuwe mu mugi yagombaga gukiniramo CECAFA 2017 • Amavubi n’andi makipe bahuriye mu (…)

Undi Mutaliyani yasazwe n’ibyishimo yiyambura imyenda imbere y’abafana(Amafoto)

• Mattia Caldara yambaye ubusa imbere y’abafana nyuma yo kunyagira Atlanta • Mattia Caldara (…)