skol

Imikino

Peter Sagan yasezerewe muri Tour de France y’uyu mwaka

Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare Peter Sagan ukinira ikipe ya Bora Hansgrohe yo mu (…)

APR FC niyo yegukanye igikombe cy’amahoro 2017

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cy’Amahoro ku nshuro ya 9 nyuma yo gutsinda ikipe ya Espoir (…)

Enzo Zidane yiyamye abashaka kumugereranya na Se

Umusore Enzo Zidane w’imyaka 22 uherutse kuva mu ikipe ya Real Madrid itozwa na se Zinedine (…)

Nadal yatangaje ikimuhangayikisha iyo agiye gukina Wimbledon

Umunya Espagne w’icyamamare mu gukina Tennis Rafael Nadal yatangarije abanyamakuru ko (…)

FERWAFA yasohoye Urutonde rw’abazatoranywamo abakinnyi babaye indashyikirwa muri uyu mwaka

Muri iki gitondo taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (…)

Hey yavuze icyo u Rwanda rukwiye kwigira ku Budage

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Umudage Antoine Hey yatangaje bimwe mu byo u Rwanda rukwiye (…)

Umukinnyi w’Umurundi yerekeje muri Manchester United

Umusore w’imyaka 16 witwa Largie Ramazani wavukiye mu Burundi agakurira mu Bubiligi yakoze (…)

Antoine Hey yahamagaye abakinnyi bazakina na Tanzania

Kuri iki gicamuntsi taliki ya 03 Nyakanga nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey (…)

Neymar yahishuye ba Rutahizamu batatu abona bafite ejo hazaza heza (Amafoto)

Umusore Neymar Junior ukina mu ikipe ya Barcelona yo muri Espagne ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru (…)

Abafana ba Arsenal bashimishijwe n’ibyo Umuyobozi wa Lyon yatangaje

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 03 Nyakanga nibwo abafana ba Arsenal baramukanye akanyamuneza ku (…)

Espoir FC yarahiriye gutwara igikombe cy’amahoro

Kuri uyu wa kabiri ku italiki ya 04 Nyakanga nibwo hategerejwe umukino wa nyuma w’igikombe (…)

Uko byari byifashe ubwo Rayon Sports yibukaga abayo bazize Jenoside (AMAFOTO)

Ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga nibwo twabagejejeho ko ikipe ya Rayon Sports yaramukiye mu (…)

Areruya Joseph yakoreye impanuka mu irushanwa ryo muri Hongiriya

Umusore Areruya Joseph yakoze impanuka mu irushanwa riri kubera muri Hongiriya aho bari bri mu (…)

REG BBC idafite abakinnyi 5 bakomeye yakaniye kugera ku mukino wa nyuma wa kamarampaka

Ikipe ya REG BBC yagowe bikomeye ni umukino ubanza wa kamarampaka (playoffs) aho yarangije (…)

Undi mutoza w’Umunyarwanda yashyikirijwe impamyabumenyi yo ku rwego rwa A ya CAF

Nyuma yo kubura ku rutonde rw’abagombaga guhabwa impamyabumenyi yo ku rwego rwa mbere (license (…)