skol

Imikino

Nicoals Pepe yatangaje abakinnyi batatu ba Arsenal batumye yifuza kuyikinira

Rutahizamu mushya wa Arsenal, Nicolas Pepe, waciye agahigo ko kuba umukinnyi uhenze kurusha (…)

Arsenal yerekanye ku mugaragaro rutahizamu Pepe yaguze miliyoni 72 z’amapawundi [AMAFOTO]

Rutahizamu w’umunya Cote d’Ivoire,Nicolas Pepe uherutse kugurwa n’ikipe ya Arsenal avuye muri (…)

Leta ya Brazil yafatiriye inzu 57 n’ibyangombwa bya Ronaldinho kubera imyenda yananiwe kwishyura

Uwahoze ari kizigenza mu mupira w’amaguru Ronaldinho Gaucho yambuwe uburenganzira bwo kugurisha (…)

Neymar Jr yakoze ibintu bidasanzwe mu rwego rwo kwereka PSG ko atagishaka kuyikinira

Rutahizamu Neymar Jr w’ikipe ya PSG yababaje benshi kubera agasuzuguro yagaragarije abayobozi (…)

Rayon Sports yasinyishije umutoza mushya w’abanyezamu watozaga Villa SC

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane bwamaze gusinyisha (…)

FIFA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bagomba kuvamo umukinnyi w’umwaka barimo Abanyafurika babiri

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, ryamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 10 (…)

Kiyovu Sports yabonye umuterankunga uzayiha miliyoni 20 FRW mu myaka ibiri

Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu zirambye cyane mu mupira w’amaguru mu Rwanda, yamaze gusinyana (…)

Ibyishimo ni byose ku bakinnyi ba Rayon Sports bahembwe amezi abiri mu gihe kitageze ku cyumweru

Abakinnyi ba Rayon Sports bari mu byishimo bisaze nyuma y’aho ubuyobozi bwabo babuhembye (…)

Rutahizamu Clinton N’Jie uherutse gutungurana ashyira ku karubanda amashusho ari gutera akabariro yatangaje impamvu yabimuteye

Umunya Cameroon Clinton N’Jie uherutse guca ibintu mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ubwo (…)

Rutahizamu Nizeyimana Djuma yategetswe kwishyura miliyoni 8 FRW Vision FC na Kiyovu Sports kugira ngo yerekeze muri APR FC

Rutahizamu Nizeyimana Djuma yishyuye miliyoni 8 FRW amakipe yamuzamuye arimo Kiyovu Sports na (…)

Gasogi United yasinyishije umutoza w’igihangange ukomoka muri RDC

Ikipe ya Gasogi united iherutse kwegukana igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu (…)

Umutoza wa Tottenham yatangaje ubuzima bubabaje yabayemo nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma wa Champions League

Umutoza wa Tottenham, Mauricio Pochettino,yatangaje ko nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma (…)

Police FC yasabye Rayon Sports kubahiriza amasezerano bagiranye yo kubatiza rutahizamu Bizimana Yannick

Mu gihe benshi mu bakunzi ba Rayon Sports bari bategerezanyije amatsiko ko rutahizamu Bizimana (…)

Lionel Messi yarwaniye mu kabyiniro yari yasohokanyemo n’inshuti ze [AMAFOTO]

Rutahizamu wa FC Barcelona, Lionel Messi, uri mu bakinnyi beza cyane isi yagize yaraye (…)

Amavubi yatomboye ikirwa cya Seychelles mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi 2022

Mu majonjora y’ibanze yo gushaka itike yo kujya mu itsinda ryo kwerekeza mu gikombe cy’isi (…)