skol

Umuziki

Ni we wabinsabye -Yago Pon Dat kuri Pallaso bahuriye mu ndirimbo iri kuri Album ye ya Gatatu

Mu gihe umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari mu myiteguro ikomeye ya Album ye ya Gatatu, yamaze (…)

Bad Bunny yaciye agahigo ka Kendrick Lamar ku rwego rw’Isi muri Super Bowl

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Puerto Rico, Bad Bunny, yongeye kwandika amateka mu muziki (…)

Kesha yashinje White House gukoresha indirimbo ye mu ntambara

Umuhanzikazi w’Umunyamerika Kesha yinjiye mu mpaka zikomeye n’Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe (…)

Radio yiteguraga kugura ubutaka mu Rwanda no gushinga ‘Label’ mbere y’urupfu rwe

Umuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite (…)

Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Kim Kardashian na Lewis Hamilton

Kim Kardashian w’icyamamare mu myidagaduro hamwe na Lewis Hamilton, umuhanga mu mukino wa (…)

Bahujwe n’umuziki! Koffi Olomidé yasezeranye n’umukunzi we nyuma y’imyaka 20 -AMAFOTO

Icyamamare mu muziki wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Koffi Olomidé, w’imyaka 69, (…)

Ibirori byo gufungura ‘Resitora’ y’umuraperi Nipsey Hussle byacubijwe n’amasasu

Ibirori byo gufungura ku mugaragaro resitora (Restaurant) nshya y’umuraperi Nipsey Hussle (…)

Christopher Muneza yasabye ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie ritapfukirana izindi mpano

Umuririmbyi Muneza Christopher, wamamaye nka Christopher mu muziki nyarwanda, yatangaje ko (…)

Tiwa Savage ufite PhD mu muziki agiye guhugura ku buntu abahanzi 100 bakizamuka

Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats ku rwego mpuzamahanga, Tiwa Savage w’imyaka 46 (…)

Rema yahishuye ko anywa itabi, akiragiza Imana mbere yo kuririmbira mu gitaramo

Umuhanzi w’umunya-Nigeria, Divine Ikubor wamamaye nka Rema, yahishuye bimwe mu byo akora mbere (…)

Asake yabaye umuhanzi w’ibihe byose kuri Spotify muri Nigeria

Umuhanzi Ahmed Ololade wamamaye nka Asake akomeje kwandika amateka mu muziki wa Nigeria, aho (…)

Bwiza ategerejwe muri Suède mu ruhererekane rw’ibitaramo bya Album ye nshya

Mu gihe umuziki Nyarwanda ukomeje kwagura imbibi, umuhanzikazi Bwiza ari kwitegura kwambuka (…)

Bushali, Bwiza, Kenny Sol na Kivumbi King bataramiye i Huye; bunamira Buravan, Dj Miller na Jay Polly

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima n’ibyishimo, Umujyi wa Huye wakiriye igitaramo cya mbere cya (…)

Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify

Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika (…)

Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe bagiye guhurira mu gitaramo

Abakunzi ba Hip Hop mu Rwanda bongeye gutekerezwaho kuko bagiye gutaramirwa n’abahanzi bakomeye (…)