skol

Umuziki

Patrick Nyamitari yatunguranye mu gitaramo Umuganura gakondo Night

Umuhanzi wakunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Patrick Nyamitari, (…)

Zuchu yikomye abahamagara Diamond Platinumz mu gicuku

Umuhanzikazi Zuchu wo muri Tanzania akaba ari n’umugore wa Diamond Platinumz yinubiye (…)

Sean ‘Diddy’ Combs yasabye kurekurwa by’agateganyo ku ngwate ya miliyoni 50$

Sean "Diddy" Combs, umwe mu bantu bakomeye muri Hip Hop ku rwego rw’isi, yasabye urukiko (…)

Rurageretse hagati ya Eddy Kenzo n’abategura ibitaramo muri Uganda

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, akaba anayoboye sosiyete ya Big Talent (…)

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana muri Leta (…)

Harimo uwazize kwitonda! Abakinnyi 5 batandukanye

Harimo uwazize kwitonda! Abakinnyi 5 batandukanye n’abakunzi/abagore babo kubera impamvu (…)

Hazinjira uwatumiwe gusa! Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, aho kizitabitwa n’abo babanye (…)

Ayra Starr; inkumi yananiye abanyamafaranga b’i Kigali ariko Giants of Africa ikamushyigura

Ayra Starr, umwe mu bahanzikazi b’ibyamamare muri Nigeria, yagiye yifuzwa cyane n’abategura (…)

Muyango yatunguranye mu gitaramo Uwangabiye cyaranzwe n’udushya

Umuhanzi ukora umuziki gakondo akaba n’umwe mu batoza b’Itorero ry’Igihugu, Muyango Jean Marie, (…)

Ciara yahawe ubwenegihugu bwa Bénin

Umuhanzi w’Umunyamerika Ciara Princess Wilson wamamaye mu muziki nka Ciara, yahawe ubwenegihugu (…)

King James yatunguwe n’urukundo yeretswe i Ngoma aho yaherukaga gutaramira kera

Ku wa 26 Nyakanga 2025, abahanzi bari mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival bari berekeje i (…)

Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi(Amafoto)

Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri (…)

Minisitiri Nduhungirehe yakiriye Lionel Sentore

Umuhanzi mu njyana gakondo, Lionel Sentore, uri kwitegura gukora igitaramo azamurikiramo album (…)

Uganda: Igitaramo cyagombaga guhuza abarimo Jose Chameleone, Ykee Benda, Marina na Kenny Sol cyasubitswe

Mu gihe haburaga amasaha make ngo abahanzi baturuka mu Rwanda berekeze i Kampala mu gitaramo (…)

Wizkid yabaye Umunyafurika wa mbere ugejeje miliyari 9 z’abamwumvise kuri Spotify

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Ayodeji Ibrahim Balogun, uzwi cyane ku izina rya (…)