skol

Umuziki

Meddy yakoreye igitaramo cya mbere muri Canada

Meddy yakoreye igitaramo cye cya mbere muri Canada mu ruhererekane rw’ibyo azahakorera.

Hatahuwe indirimbo 12 za Michael Jackson zitigeze zijya hanze

Nyuma y’imyaka 15 Michael Jackson wamamaye mu njyana ya Pop ku Isi yitabye Imana, hatahuwe (…)

Bruce Melodie yashyize umucyo ku mubano we na The Ben

Bruce Melodie yavuze ko nta kibazo afitanye na The Ben, nyuma y’uko hari amakuru yakunze (…)

Diddy yavuye ku izima yemera kuburana afunze

Umuraperi Sean “Diddy” Combs umaze iminsi asaba kuburana adafunze, ndetse watanze ingwate gatatu (…)

Umunyarwenya wakunzwe cyane Messe Bontwe yitabye Imana

Abakurikiranira hafi uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda bari mu gahinda nyuma y’urupfu (…)

Jose Chameleone utegerejwe i Kigali, yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Abakunzi b’umuziki muri Uganda bahangayikishijwe bikomeye n’ubuzima bwa Jose Chameleone uri mu (…)

Taylor Swift yahaye agahimbazamushyi ka miliyari 272 Frw abamufashije mu bitaramo bizenguruka Isi

Taylor Swift yasaranganyije miliyoni 197$ (arenga miliyari 270 Frw) nk’agahimbazamusyi, (…)

Vampino na Butera Knowless baririmbanye indirimbo bakoranye mu myaka 13 ishize

Vampino na Butera Knowless baherukanaga mu myaka 13 ishize ubwo bakoranaga indirimbo ‘Byemere’, (…)

Butera Knowless wagiye gutaramira abo muri Uganda yakiranwe ubwuzu (Amafoto)

Butera Knowless utegerejwe mu gitaramo kizabera muri ‘Nomad bar and grill’ muri Uganda, yamaze (…)

Jay-Z yashinjwe gufatanya na Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13

Jay-Z yagaragaye mu kirego gishinja Diddy gusambanya umukobwa w’imyaka 13, aho ashinjwa (…)

Bruce Melodie yateguye igitaramo azasogongerezamo abakunzi be Album ye ya 3

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda Itahiwacu Bruce Melodie yateguye igitaramo kizasogongererwamo (…)

UNESCO yahaye umugisha Intore z’u Rwanda zishyirwa mu murage ndangamuco udafatika ku Isi

Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco udafatika w’Isi w’Ishami ry’Umuryango (…)

Safi Madiba akigera i Kigali yavuze ko ari gushaka umukunzi mushya

Safi Madiba wageze i Kigali mu ijoro rishyira kuri uyu wa 4 Ukuboza 2024 avuye muri Canada aho (…)

Abafana benshi bapfiriye mu mukino wo gushyigikira kandidatire ya Perezida Mamady Doumbouya

Umubyigano wabereye mu mukino w’umupira w’amaguru muri Guinea wahitanye ubuzima bw’abantu (…)

Meghan Trainor aricuza kwitera imiti yongera ubwiza

Umuhanzikazi Meghan Trainor, wamamaye mu muziki yagaragaje ko kubera kwitera imiti ituma uruhu (…)