skol

Umuziki

Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin

Zeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma (…)

Amashusho ya Elvis Presley asangira Noheli n’umuryango we bwa nyuma ari mu cyamunara

Amashusho agaragaza Elvis Presley wamamaye mu muziki mu myaka yashize, ari kumwe n’umuryango we (…)

DJ Cuppy yahuye na Ambasaderi Johnston Busingye

Florence Ifeoluwa Otedola wamamaye nka DJ Cuppy uri mu bavanga imiziki bafite izina rikomeye (…)

Bwiza yakiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique

Bwiza uri muri Mozambique mu biruhuko, kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2024 yasuye Ambasade y’u Rwanda (…)

Harmonize yishongoye kuri Diamond wangiwe guhatana muri Grammy Awards

Harmonize yagaragaje ko Diamond Platnumz bamaze igihe batajya imbizi, atari umuhanzi uri ku (…)

Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yagaragaje uko iyi (…)

Mu minsi 6 gusa, indirimbo "Best Friend" ya Bwiza yujuje Miliyoni y’abamaze kuyireba kuri Youtube

Tariki ya 19 Ugushyingo 2024, nibwo umuhanzikazi Bwiza Emmeramce uri mubagezweho yahuje imbaraga (…)

Umuhanzikazi Sheebah Karungi yibarutse imfura y’umuhungu

Ni inkuru yasakaye mu bitangazamakuru byo muri Uganda kuri uyu wa Mbere tariki 25 Ugushyingo (…)

Nicki Minaj yahishuye igikomeje kumukururira gukorana indirimbo na Davido

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za America, Nicki Minaj, yavuze ko gukorana indirimbo na (…)

Khalid yatunguranye avuga ko aryamana n’abagabo bagenzi be

Umuhanzi Khalid Donnel Robinson [Khalid] wamamaye mu njyana zirimo ’R&B’ na ‘Pop’ muri (…)

Icukumbura ku buryo Danny Vumbi yagurishije ’Best Friend’ yashakishwaga na benshi

The Ben na Bwiza baherutse gusohora indirimbo nshya bise ‘Best friend’ yakiranywe yombi (…)

Kitoko agiye gusohora igitabo kivuga ku iterambere ry’umuziki Nyarwanda

Kitoko Bibarwa yatangaje ko ageze kure umushinga wo kwandika igitabo kivuga ku muziki, akaba (…)

Ibitaravuzwe ku ifatwa ry’amashusho y’indirimbo ya Bwiza na The Ben

Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije (…)

Yvonne Chaka Chaka akomeje kwinjiza agatubutse nyamara nta indirimbo nshya afite

Umunyabigwi mu muziki wa Afurika, Yvonne Machaka wamenyekanye nka Yvonne Chaka Chaka, yagaragaje (…)

The Ben yahishuye impamvu yafashe icyemezo cyo gutorokera muri Amerika

The Ben yasabye imbabazi Abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za (…)