Amafoto y’ibyamamare byitabiriye igitaramo cya Marina cyo kwizihiza umunsi w’Irayidi(AMAFOTO)
Yanditswe: Tuesday 03, May 2022
Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu Rwanda wamamaye nka Marina nyuma y’iminsi atagaragara ku rubyiniro yakoze igitaramo cyo kwizihiza umunsi w’Ilayidi ku ba Isilamu cyitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bya hano mu Rwanda.
Ni igitaramo cyabereye muri Gift Restourent cyaranzwe n’ibyishimo byinshi cyane ko cyari kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo Shaddyboo, Rocky Kimomo n’abakorana nawe ndetse n’abandi benshi.
Uyu muuhanzikazi yaririmbye indirimbo zitandukanye harimo izo yakoze wenyine ndetse nizo yagiye afatanya n’abandi bahanzi.
Muri izo ndirimbo haromo Madede, Warokoso,Ikanisa, Bimpame, Agafoto n’izindi nyinshi.
Abari bari aho bose bagaragaje ko baryohewe
Rocky Kimomo nawe ari mubitabiriye iki gitaramo
Ubwo Marina yinjiraga ahabereye igitaramo
Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yafashije Marina gususurutsa abitabiriye igitaramo
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *