skol
fortebet

Burna Boy yasubije uwari umukunzi we wamushinje kutabyara no kutamushimisha mu gutera akabariro

Yanditswe: Monday 08, Aug 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi wo muri Nigeria, Burna Boy, yemeye ko adashobora kubyara abana nyuma yo kubishinjwa n’uwari umukunzi we, Stefflon Don.
Uyu muraperi w’umugore w’umwongereza, amazina ye nyakuri ni Stephanie Victoria Allen, aherutse kuvuga ko yataye Burna Boy kubera ko atashoboraga kumutera inda.
Bombi batandukanye mu Kuboza 2021 nyuma y’urukundo rwabo rwamaze imyaka itatu.
Uyu mugore abinyujije kuri Instagram, yagize ati"Ntabwo nashakaga kubivuga mbere ariko ngomba kubivuga…. "igihangange cy’Afurika" (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi wo muri Nigeria, Burna Boy, yemeye ko adashobora kubyara abana nyuma yo kubishinjwa n’uwari umukunzi we, Stefflon Don.

Uyu muraperi w’umugore w’umwongereza, amazina ye nyakuri ni Stephanie Victoria Allen, aherutse kuvuga ko yataye Burna Boy kubera ko atashoboraga kumutera inda.

Bombi batandukanye mu Kuboza 2021 nyuma y’urukundo rwabo rwamaze imyaka itatu.

Uyu mugore abinyujije kuri Instagram, yagize ati"Ntabwo nashakaga kubivuga mbere ariko ngomba kubivuga…. "igihangange cy’Afurika" ntabwo ashoboye mu gutera akabariro.

Namusize kubera ko atashoboraga kumpa umwana.

Nyuma y’iminsi mike ubutumwa bwa Stefflon bugiye hanze, Burna Boy yamusubije.Ati: "Nibyo yego ndi ingagi idafite imbaraga mu gutera akabariro ariko mfite amafaranga abita ikuzimu!"

Umubano hagati y’aba baririmbyi bombi wari ushyigikiwe cyane n’abakunzi babo bahoraga babashima ariko Burna yatangaje gutandukana kwabo kuri Instagram.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa