
Donald Trump wabaye Perezida wa USA yibasiye cyane kizigenza muri muzika,Rihanna,avuga ko nta muhanzi umurimo.
Ibi uyu munyapolitiki yabikoze habura iminsi ibiri gusa kugira ngo Rihanna,akore igitaramo ategerejwemo cyo mu gice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga,Trump yagize ati "Iyo hataba umwambika,ntacyo aba aricyo.Ni mubi muri byose,nta n’impano agira."
Rihanna azaririmba igice cya mbere kirangiye hagati ya Chiefs v Eagles ndetse iki nicyo gitaramo (...)
Donald Trump wabaye Perezida wa USA yibasiye cyane kizigenza muri muzika,Rihanna,avuga ko nta muhanzi umurimo.
Ibi uyu munyapolitiki yabikoze habura iminsi ibiri gusa kugira ngo Rihanna,akore igitaramo ategerejwemo cyo mu gice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga,Trump yagize ati "Iyo hataba umwambika,ntacyo aba aricyo.Ni mubi muri byose,nta n’impano agira."
Rihanna azaririmba igice cya mbere kirangiye hagati ya Chiefs v Eagles ndetse iki nicyo gitaramo cye cya mbere mu myaka irindwi ishize.
Aya magambo ya Trump aje nyuma y’aho umudepite w’Umu repubulikani witwa Ronny Jackson asabye NFL kudakorana na Rihanna mu mukino wo ku cyumweru kubera ko aheruka gutuka ku mubyeyi Donald Trump.
Muri 2019, Rihanna yibasiye Trump akiri Perezida,amwita umurwayi wo mu mutwe urusha abandi bose muri Amerika.Aho hari mu kiganiro na Vogue.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *