Ibyamamare mu myidagaduro usanga ari indorerwamo kuri benshi bareberamo ibintu bitandukanye birimo : ubwenge , ubusirimu , ibigezweho , ibyiza , ibibi , ndetse n’ibindi byinshi cyane. Muri bimwe ibyamamare byo mu myidagaduro yo mu Rwanda bireberwaho harimo n’inyogosho zabo aho usanga abenshi bashobora no gufata umwanzuro wo kwiyogoshesha mu buryo runaka kuberako yabibonye ku cyamamare cya hano mu Rwanda. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda ndetse n’inyogosho bakunze gushyiraho
1. Umuraperi RIDERMAN
2. Umuhanzi Bruce melody
3. Umukinnyi Yannick Mukunzi
4. Umuhanzikazi Butera Knowless
5. Umuhanzi Meddy
6. Umusizi Saranda Mutoni Olive
7. Umuhanzi The Ben
8. Umuhanzikazi Alyn Sano
9. Umuraperi Bulldog
10. Umuhanzi Chris Eazy
11. Kalimpinya Queen wigeze kuba igisonga cya kane mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2017.
12. Umuhanzi Juno Kizigenza
13.Umuhanzikazi Ariel Wayz
Ntimuzacikwe n’igice cya kabiri cyiyi nkuru kizabageraho bidatinze.
UMUSOZO!
UMWANDITSI : GLADIATOR OG
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *