skol
fortebet

Niba umugabo ashaka ko mutekera ibyo kurya, nawe agomba kuba yiteguye kunshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha

Yanditswe: Monday 24, Mar 2025

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi akaba icyamamare mu njyana ya Rap ku isi , Cardi B yatangajeko iyo bigeze ku nshingano zo mu rugo ntacyo bimutwaye kuba yatekera umugabo we ndetse akanakora amasuku mu rugo Ariko nawe haricyo asaba umugabo we mu rwego rwo kugirango inshingano zurugo zubahirizwe neza ku mpande zombi. Mu magambo ye ubwo yaganirga n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram ibizwi cyane nka Live yagize ati " Njye kuba natekera umugabo wanjye ndetse nkaba nakora amasuku mu rugo ntacyo bintwaye ariko (...)

Sponsored Ad

Umuhanzikazi akaba icyamamare mu njyana ya Rap ku isi , Cardi B yatangajeko iyo bigeze ku nshingano zo mu rugo ntacyo bimutwaye kuba yatekera umugabo we ndetse akanakora amasuku mu rugo Ariko nawe haricyo asaba umugabo we mu rwego rwo kugirango inshingano zurugo zubahirizwe neza ku mpande zombi.

Mu magambo ye ubwo yaganirga n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram ibizwi cyane nka Live yagize ati " Njye kuba natekera umugabo wanjye ndetse nkaba nakora amasuku mu rugo ntacyo bintwaye ariko ntabwo nabona umwanya wo gutekera umugabo wanjye ndetse no gukora amasuku mu rugo niyo mpamvu nzana abakozi bashinzwe ibyo bintu , Ariko ndamutse nkoze iyo mirimo umugabo wanjye nawe haricyo mba mwitezeho iyo ngiye mu gikoni ndangiza guteka nataye umutwe ikintu cyonyine cyanturisha nyuma yaho ni imibonano mpuzabitsina kandi ikozwe neza. Nateka nkanakora amasuku Ariko nawe ukanshimisha mu buriri amasaaha 10 nta kuruha".

aya magambo yuyu muhanzikazi yatumye benshi bibaza ku mibereho ye ndetse n’uburyo bigoye kuba wamunezeza mu buriri bitewe na byinshi aba asaba uwo barikumwe , si rimwe ndetse si na kabiri uwahoze ari umugabo wa Cardi B ariwe offset yagiye amushinja kumuca inyuma akaryamana n’abandi bagabo, Mu mwaka ushize w’i 2024 mu bwumvikane ku mpande zombi Uyu Muhanzikazi akaba yaratandukanye nuwahoze ari umugabo we ariwe Offset barushinze mu mwaka w’i 2017 bakaba bafitanye abana batatu gusa bemeranya kujya bahuriza ku nshingano zo kwita ku bana babo.

UMUSOZO!
UMWANDITSI : GLADIATOR OG

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa