skol

R Kelly yatangiye kuririmbira ubuntu muri gereza aho afungiye

Yanditswe: Thursday 10, Nov 2022

featured-image

Umuhanzi Robert Sylvester Kelly wamamaye nka R. Kelly wakatiwe igifungo cy’imyaka 30 yatangiye kuririmba no kwigisha umuziki ku buntu imfungwa ngenzi ze.

Umuhanzi Robert Sylvester Kelly wamamaye nka R. Kelly wakatiwe igifungo cy’imyaka 30 yatangiye kuririmba no kwigisha umuziki ku buntu imfungwa ngenzi ze.

Tariki 27 Nzeri 2021 nibwo umuhanzi R.Kelly yahamwe n’ibyaha birimo gufata ku ngufu no gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato ndetse n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu birimo gucuruza abakobwa.

Mumwaka wa 2022 nibwo R.Kelly yakatiwe gufungwa imyaka 30.

Icyo gihe abunganiraga R.Kelly basabaga ko yakatirwa nibura imyaka 10 cyangwa munsi yayo kuko n’ubundi imyaka afite kumukatira 25 cyangwa irenga ntaho byaba bitaniye ko kumukatira burundu.

Banagaragaje impamvu y’uko uyu mugabo yagiye ahura n’ihohoterwa akiri muto ku buryo bishobora kuba byaramugizeho ingaruka ariko biba iby’ubusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa