skol
fortebet

Rihanna ufite inda y’imvutsi yigaragaje mumyambarire idasanzwe ubwo yamurikaga imideri

Yanditswe: Friday 04, Mar 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Rihanna uherutse gutangaza ko atwite akomeje gutungurana mumyambarire idasanzwe aho usanga imyenda ye y’imbere iba igaragara mu mafoto ashyira hanze.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa w’imyaka 34 kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Werurwe 2022 yitabiriye ibirori bya Paris Fashion Week aho inzu y’imideli ya Dior yerekanaga imyambaro yayo mishya.

Rihanna yatunguranye agaragara yambaye akenda gateye nk’ikanzu ariko kabonerana cyane ku buryo n’imyenda y’imbere yose yagaragaraga ndetse n’inda y’imvutsi igaragara.

Robyn Rihanna Fenty w’imyaka 34 y’amavuko ni umuririmbyi, umukinnyi wa filime, umunyamideli akaba n’umucuruzi.

Rihanna yavukiye muri Saint Michael akurira i Bridgetown, muri Barbados.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa