Rihanna yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yaguraga imyenda y’umwana yitegura kwibaruka bigaragara ko ari Umukobwa (AMAFOTO)
Yanditswe: Wednesday 30, Mar 2022
Umuhanzikazi Rihanna ukorera umuziki we, muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yaguraga imyenda y’umwana yitegura kwibaruka yitegura
Rihanna uri kwitegura kwibaruka umwana yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yarimo ahaha ubwo yarimo ahaha imyenda mu iduka rya Couture Kids riherereye mu gace ka West Hollywood mu mugi wa Los Angeles.
Uyu muhanzi amafoto yafotowe agaragaza ko yafashwe n’ikiniga akarira ubwo yaganiraga n’umucuruzi wo muri iryo duka yahahiragamo imyenda.
Mu nkuru dukesha ikinyamakuru Us Magazine cyatangaje ko uyu muhanzikazi yafashwi n’ikiniga akarira byakanya gato ubwo yaganiraga n’umucuruzi wo muriryo duka,ibyo bikaba byagaragaye mu mafoto yafashwe nabapaparazi ubwo yarari muriryo duka byaje no gutuma benshi batekereza ko yaba atwite umukobwa bitewe n’imyenda yaguraga.
Rihanna yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yaaguraga imyenda y’umwana
Imyenda Rihanna agura igaragaza ko atwite umwana w’umukobwa
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *