skol
fortebet

Rihanna yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yaguraga imyenda y’umwana yitegura kwibaruka bigaragara ko ari Umukobwa (AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 30, Mar 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Rihanna ukorera umuziki we, muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yaguraga imyenda y’umwana yitegura kwibaruka yitegura

Sponsored Ad

Rihanna uri kwitegura kwibaruka umwana yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yarimo ahaha ubwo yarimo ahaha imyenda mu iduka rya Couture Kids riherereye mu gace ka West Hollywood mu mugi wa Los Angeles.

Uyu muhanzi amafoto yafotowe agaragaza ko yafashwe n’ikiniga akarira ubwo yaganiraga n’umucuruzi wo muri iryo duka yahahiragamo imyenda.

Mu nkuru dukesha ikinyamakuru Us Magazine cyatangaje ko uyu muhanzikazi yafashwi n’ikiniga akarira byakanya gato ubwo yaganiraga n’umucuruzi wo muriryo duka,ibyo bikaba byagaragaye mu mafoto yafashwe nabapaparazi ubwo yarari muriryo duka byaje no gutuma benshi batekereza ko yaba atwite umukobwa bitewe n’imyenda yaguraga.

Rihanna yafashwe n’ikiniga ararira ubwo yaaguraga imyenda y’umwana

Imyenda Rihanna agura igaragaza ko atwite umwana w’umukobwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa