The Ben yahakanye amakuru y’ubutumire bw’ubukwe bwe na Pamella
Yanditswe: Thursday 10, Nov 2022

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera.
Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe bw’aba bombi buzabera I New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubukwe bukaba buzaba iminsi itatu, ni ukuvuga tariki 08, 15 na 19.
The Ben yahakanye amakuru y’integuza y’ubutumire bw’ubukwe bwe na Pamella avuga ko ari ibihuha.
Mu kiganiro inyaRwanda.com yagiranye na The Ben yanyomoje ayo makuru (...)
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera.
Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe bw’aba bombi buzabera I New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubukwe bukaba buzaba iminsi itatu, ni ukuvuga tariki 08, 15 na 19.
The Ben yahakanye amakuru y’integuza y’ubutumire bw’ubukwe bwe na Pamella avuga ko ari ibihuha.
Mu kiganiro inyaRwanda.com yagiranye na The Ben yanyomoje ayo makuru n’ubwo butumire avuga ko atari ukuri na gato, asobanura ko ayo makuru ari kuri ubu butumire yose ari ibihuha.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *