skol
fortebet

Umuhanzi Platini yarenzwe n’ibyishimo nyuma yo gutaha inzu ye nziza cyane [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 05, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda,Nemeye Platini uzwi nka Platini P ntagikodesha kuko yamaze gutaha inzu ye nshya nziza cyane.
Uyu muhanzi wamenyekanye ubwo yaririmbaga muri Dream Boyz,inzu ye iherereye I Nyamata mu mudugudu wa Karumuna mu gace kamwe na Tom Close na Butera Knowless babana muri Kina Music lebel.
Uyu muhanzi yavuze akari ku mutima we muri wikendi ishize, ubwo yizihizaga isabukuru y’umugore we mu magambo make yabwiye abanyamakuru.
Ati: “Nishimiye kuba ndi mu nzu yanjye (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda,Nemeye Platini uzwi nka Platini P ntagikodesha kuko yamaze gutaha inzu ye nshya nziza cyane.

Uyu muhanzi wamenyekanye ubwo yaririmbaga muri Dream Boyz,inzu ye iherereye I Nyamata mu mudugudu wa Karumuna mu gace kamwe na Tom Close na Butera Knowless babana muri Kina Music lebel.

Uyu muhanzi yavuze akari ku mutima we muri wikendi ishize, ubwo yizihizaga isabukuru y’umugore we mu magambo make yabwiye abanyamakuru.

Ati: “Nishimiye kuba ndi mu nzu yanjye kandi ibyo byose ni umusaruro wo gukora cyane. Yaturutse mu muziki kandi ndashaka kumenyesha buri wese uri guhatanira gukora umuziki ko ari umwuga uhemba neza iyo ukozwe kinyamwuga gusa. "

Nubwo atagaragaje umubare w’amafaranga yakoresheje yubaka iyi nzu nziza cyane, uyu muhanzi yemeje ko yakoresheje miliyoni nyinshi mu kubaka mu gihe cy’umwaka wose.

Uyu muhanzi yinjiye mu mubare w’abahanzi bakomeye mu Rwanda bafite amazu miriyoni meza nka King James, Tom Close na Knowless Butera.

Yamenyekanye mu ndirimbo ze nka Veronica, Atansiyo, Shumuleta n’izo yakoranye n’abarimo Nel Ngabo,Knowless,Ben Adolphe n’abandi.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa