skol
fortebet

Umuhanzikazi Tyla yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Wizkid

Yanditswe: Saturday 31, May 2025

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Tyla ukomoka muri Afurika yepfo uri mu bagezweho mu ruhando rwa muzika ku isi kuri uyu munsi yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Wizkid ukomoka mu gihugu cya Nigeria.

Sponsored Ad

Tyla yavuze ko yakuze akunda ibihangano bya Wizkid bityo ko guhura na we ari ikintu yishimiye bikomeye kuko ari umuhanzi afatiraho Urugero.

Tyla na Wizkid bahuriye mu mujyi wa Londres mu gihugu cy’Ubwongereza, bikaba atari inshuro ya mbere bahuye kuko ubwa mbere bahura hari mu 2022 icyo gihe Tyla yari ataragira izina rikomeye mu muziki.

Tyla ni Umuhanzikazi kuri ubu uri mu bagezweho mu ruhando rwa muzika ku isi hose, azwi mu ndirimbo nka : Water, Push to Start, n’izindi nyinshi cyane.

REBA AMASHUSHO UBWO TYLA YAHURAGA NA WIZKID

UMUSOZO!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa