skol

Umuziki

Umuhanzi Niyo Bosco wajyanywe mu bitaro igitaraganya yatashye

Niyo Bosco yavuye mu bitaro nyuma y’amasaha make ajyanywe kwa muganga arembye, abaganga (…)

Wema Sepetu utarabona umwana yashenguwe n’uwamushushanyije ateruye uwa baringa

Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba (…)

Diamond uzwiho gushaka abagore benshi ahamya ko idini rye rimwemerera

Icyamamare mu muziki wo mu gihugu cya Tanzania (Bongo Flava Tanzania), Naseeb Abdul Juma Issack, (…)

Icyishe Lisa Marie Presley umukobwa w’ikinenge w’icyamamare Elvis Presley cyatangajwe

Lisa Marie Presley, umwana w’ikinege w’icyamamare muri rock ’n’ roll Elvis Presley, yapfuye (…)

Inshoreke ya Davido yise Burna Boy umutinganyi

Umugore witwa Ivanna Bay uherutse kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Davido, yashinje Burna Boy ko (…)

Nyuma y’igihe gito asezerewe mu bitaro Chameleone yatunguranye mu gitaramo

Umuhanzi Jose Chameleone Mayanja, yatunguranye ataramira abakunzi be mu gitaramo cyabereye mu (…)

Jose Chameleoneuherutse kubagwa munda yavuye mu bitaro yari amazemo iminsi

Umuririmbyi w’Umunya-Uganda wubatse amateka mu muziki, Jose Chameleone, yavuye mu bitaro aho (…)

Uganda: Imbuga zose zitambutsa amashusho y’urukozasoni zigiye gufungwa

Minisiteri ishinzwe amakuru muri Uganda yiyemeje gufunga imbuga zose zitangaza amashusho (…)

Icyo wamenya ku irushanwa rihanganishije Abogosha, Abasiga inzara n‘abakora iby’ubwiza

Abakora akazi kajyanye no gukora ibintu by’ubwiza mu Rwanda bazajya bahabwa ibihembo mu gikorwa (…)

Angel Divas agiye kwamamaza umuziki w’u Rwanda mu Burayi

Angel Divas Amber Rose umunyarwandakazi umaze imyaka irenga 13 mu Bufaransa yiyemeje (…)

Diamond Platnumz arasohora indirimbo nshya nyuma y’akaruhuko yari yihaye

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma Issack, wamamaye nka Diamond Platnumz, yatangaje ko muri uku kwezi (…)

Nti bisanzwe: Yibagishije incuro 40 ngo ase n’umuhanzi Ricky Martin afana

Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi ku ruhando rw’imyidagaduro cyane muri Amerika y’Amajyepfo (…)

Rihanna na Fenty Beauty ye imugize umuherwe w’umugore mu bambere muri America

Umuhanzikazi Rihanna wamamaye mu bihangano byakunzwe n’ubu bigikurikirwa cyane akomeje (…)

Ghana: ’Influencer’ ukomeye araregwa kubeshya urukundo abanyamerika bakamuha miliyoni $2

Umunyamuziki wo muri Ghana akaba n’uvuga rikumvwa (influencer) ku mbuga nkoranyambaga witwa Mona (…)

Inzu ya Papa Wemba igiye kugirwa inzu ndangamurage ya Rumba

Inzu bwite yabagamo umunyamuziki Papa Wemba, icyamamare muri Rumba ya Congo, leta igiye kuyigira (…)