skol
fortebet

AMASHIMWE MU BUHAMYA BIKOMEJE KUBA BYINSHI KUBANTU SHANGAZI DATIVE YAFASHIJE MU KUBAKEMURIRA IBIBAZO BYO KURANGIZA VUBA,KUBURA UBUSHAKE NO GUCIKA INTEGE.

Yanditswe: Friday 14, Oct 2022

featured-image

Sponsored Ad

MUKAMANA DATIVE uzwi kw’izina rya shangazi Dative umubyeyi IMANA yahaye impano yo gukemura ibibazo byo mu ngo yibanda kubyo mu buriri biri kwisonga mu gusenya ingo ziki gihe akaba yaranaguye imbago agera kubantu bose bagize isi arashimwa nababyeyi ndetse nabasore n’inkumi kubwo umuhate yerekana mugukemura ibibazo byabo kuko afatwa nk’umuntu umwe urukumbi ufite imiti yizewe.

Sponsored Ad

Mubiganiro asanzwe acisha ku rubuga rwe rwa youtube rwitwa MASENGE TV humvikanyemo umugabo yafashije wari ufite ikibazo cyo kurangiza vuba aho yakoraga Imibonano mpuzabitsina akamara iminota mike ariko aho ahuriye na shangazi dative akamuha imiti yifashisha avuga ko byahindutse ubu nuwo bashakanye bishimanye.

Ndetse abicishije mu mafoto yafashe kuri watsapp (screenshots) atwereka ubundi buhamya bwabantu batandukanye bandikiranye bamushimira banamubwira impinduka bamaze kubona nyuma yaho bahuriye na shangazi dative
Shangazi Dative agira ati biranshimisha iyo umuntu ampamagaye cyangwa akanyandikira anshimira

Biranshimisha kandi ngashima n’Imana yo yampaye ubu bushobozi nkaba ndumugisha kubantu benshi

Asoza avuga impamvu ahitamo kwereka abantu ubuhamya aba yahawe nabo yafashije nuko abantu benshi bitewe nuko baba barabeshywe nabantu bababwira ko babafasha bikarangira babariye amafaranga yabo ntibanakire aba agira yereke abantu ko we abafasha kandi bigakemuka.

Kubantu bafite ibibazo ibibazo byo kurangiza vuba ndetse no kubura ubushake mu gihe cyo gutera akabariro ndetse nabakobwa nabagore bakeneye urubohero bagana shangazi aho akorera mu mugi wa Kigali hirya yahahoze gereza ya nyarugenge munsi ya station ya SP ku cyapa cya KN 289 ST cyangwa ukamuhamagara kuri 0783441825 iri no kuri watsapp

Ibitekerezo

  • BAFASHE ARIKO UZANAFASHE ABIKINISHA KUKOBARABABAJE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa