skol
fortebet

BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka

Yanditswe: Tuesday 29, Jun 2021

featured-image

Sponsored Ad

BEFA Language school ni Ikigo kigisha indimi zigera kuri 12 mu buryo bugezweho bufasha abiga kumenya indimi vuba ndetse kikigisha n’amategeko y’ umuhanda kandi nabyo mu buryo bugezweho bunahendutse.
BEFA ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu kwigisha indimi kuko dukoresha uburyo bwitwa VIVA akaba ari uburyo bwo kwigisha indimi bugendeye ku mategeko karemano yo kwiga ururimi. Uburyo bwa viva bujya gusa neza n’uburyo twifashishije twiga ururimi rwacu kavukire.
VIVA yavumbuwe na mwarimu witwa (...)

Sponsored Ad

BEFA Language school ni Ikigo kigisha indimi zigera kuri 12 mu buryo bugezweho bufasha abiga kumenya indimi vuba ndetse kikigisha n’amategeko y’ umuhanda kandi nabyo mu buryo bugezweho bunahendutse.

BEFA ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu kwigisha indimi kuko dukoresha uburyo bwitwa VIVA akaba ari uburyo bwo kwigisha indimi bugendeye ku mategeko karemano yo kwiga ururimi. Uburyo bwa viva bujya gusa neza n’uburyo twifashishije twiga ururimi rwacu kavukire.

VIVA yavumbuwe na mwarimu witwa SEVEN DOXEY bakunze kwita GITUNGURU, akaba ari nawe watangije ikigo cya BEFA. Gifite kandi intego yo gufasha abantu kumenya ururimi baba barize cg batarize , uburyo twifashisha nibwo buryo bworoshye , bwihuse kandi uwiga amenya ibyo yize vuba.

Ubu buryo bwa VIVA iyo umuntu abwizemo atangira kuvuga adategwa mu mezi 3, mu mezi 6 akaba ararangije kandi VIVA ni uburyo bufasha abantu kwiga ururimi muri ubwo buryo nta kwifashisha ubuhinduzi.

BEFA yatangiye gukorera mu Rwanda mu mwaka wa 2008 ikaba ifite ikicaro I Remera mu Giporoso inyuma ya Gare ahazwi nko kuri Healing Center.

INDIMI TWIGISHA

 Icyongereza

 Igishinwa

 Icyespanyol

 Igifaransa

 Ikinyarwanda

 Igiswayire

 Igitariyani

 Icyarabu

 Igiporutigal

 Igikoreya

 Igihinde

 Ikiyapani

 N’izindi

UKO IBICIRO BIHAGAZE

Tugira ibyiciro bitatu

 VVIP

 VIP

 STANDARD

AMATEGEKO Y’UMUHANDA NA PERIMI

Tukwigisha mu minsi 8 gusa ukabasha gukorera provisoire ukoze rimwe gusa
Perimi ukwezi kumwe gusa umunyeshuri aba ayibonye akoze inshuro imwe gusa.

BEFA mu magambo arambuye buri nyuguti isobanura Best, Easiest, Fastest, Aproach.

Ku bindi bisobanuro wadusura aho dukorera I Remera mu Giporoso inyuma ya Gare ahazwi nko kuri Healing Center, ukaba wadusura no kuri website www.befaschool.com, cyangwa se ukatwandikira kuri e-mail [email protected]. Ushobora no kuduhamagara kuri telephone igendanwa 0783448834/0788559371.

Muri iyi video iri munsi murumvamo uko SEVEN DOXEY bakunze kwita GITUNGURU asobanura uko yavumbuye VIVA n’uko BEFA yatangiye!

Ibitekerezo

  • igitekerezo cyanjye ni nuko mwazanjya mwigisha abari america kuri face book

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa