Menya Uko Wakwirinda Kugabanuka K’ubudahangarwa Bw’umubiri Byagutera Indwara Zihoraho
Yanditswe: Friday 13, Jun 2025

Ubudahangarwa bw’umubiri bugereranywa n’abasirikare barinda umubiri ni ikintu gikomeye kuko nibwo buturinda indwara zitandukanye ntizidufate yewe twanarwara ntituzahazwe nubwo burwayi,ahubwo tugakira vuba.abo basirikare rero baturinda mikorobe aho zanyura hose ziza guhungabanye umubiri zikawutera indwara zitandukanye
Iyo ufite ubudahangarwabw’umubiri bwawe bworoshye cyangwa se abasirikare bashinzwe kurinda umubiri wawe bari hasi , bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku buzima, kuko abasirikare bataba bagishoboye kurwanya mikorobe zitandukanye (yaba bagiteri, virusi cg imiyege), nuko ukibasirwa n’indwara z’ubwoko bwose.
DORE ICYAKWEREKA KO ABASIRIKARE BARINDA UMUBIRI BAGABANUTSE.
Kugira umunaniro uhoraho
Kugira umuriro mwinshi
Kurwara umutwe igihe kinini
Kugira ubwivumbure bw’umubiri
Guhorana indwara zoroheje za hato na hato nka grippe,inkorora
Guhora urwaye indwara ziterwa na mikorobe zirimo indwara z’uruhu,ibisebe,kubyimba ishinya,kurwara impiswi, n’izindi
Gukonja intoki ,amano n’amatwi
Kurwara uburwayi bwo gucibwamo(diarrhea) bikagera ku byumweru bibiri kugera kuri bine
Kurwara impatwe (constipation)
Kuma amaso(dry eyes),kugira ibikezikezi,
Kuma k’uruhu,kwishimagura,kurwara ibiheri ku ruhu.
Kuribwa mu ngingo
Gupfuka umusatsi n’ibundi bwoya buba ku mubiri ahantu hatandukanye
Kurwara indwara z’ubuhumekero zirimo nk’umusonga ,ibicurane,sinezite,asima,n’izindi kenshi
Kwangirika k’uruhu biturutse ku mirasire y’izuba ukarwara ibiheri,ugashishuka,nyuma yo kurijyaho
Kugira isesemi
Kumira uri kurya ukababara
Guhindagurika kw’ibiro bikiyongera kandi utahinduye imirire yawe
Kurwara uburwayi bwa vitiligo
Kurwara indwara ya jaundice umuhondo ku ruhu no mu maso
Kuribwa imitsi
Kuribwa mu nda
Kunanirwa guhumeka cya kudahumeka neza
Kuma iminwa
Kubabara mu bice bitandukanye bigize umubiri w’umuntu
Kubabara mu gatuza
Kurwara indwara y’agahinda gakabije
Kugira ibibumbe mu maraso
Kwitiranya ibintu
Kurwara ibihaha,impyiko,n’umutima
Kurwara indwara yo kubura amaraso
NIKI GITERA KUGABANUKA KW’ABASIRIKARE BARINDA UMUBIRI?
Kunywa itabi ry’inshi n’inzoga
Guhura kenshi n’uburozi bwo mu nganda (chemicals)
Kuba ahantu hari ikirere cyanduye
Umunaniro ukabije
Gukoresha imiti imwe n’imwe
Uruhererekane rwo mu muryango(genetics)
Virus zitandukanye na bacteria(imiyege)
Kugira isuku nkeya
Gutinda kuryama
Guhorana umujagararo(stress)
Kunywa isukari nyinshi
Kuryama utinze
Kudakora sport
Kurya indyo itujuje
Kugira isuku nkeya
Kudafata inking neza uko bikwiye
Kugira ubushye bukabije
Gukoresha imiti ivura kanseri
Guca kenshi mu cyuma gikoresha imirasire(radiation)
Uburwayi bwa diyabete
Kurwara SIDA
Kanseri zitandukanye nka kanseri yo mu maraso
Indwara zitandukanye zibasira inyama y’umwijima w’umuntu nka Hepatite B na C
Gukoresha ibiyobyabwenge
Kumara igihe kinini mu bitaro urwaye
Gukoresha imiti ya antibiotic
Kuba uri igitsina gore
Kurwara umuvuduko ukabije w’amaraso
DORE UKO WAKWIRINDA KO ABASIRIKARE B’UMUBIRI BAGABANUKA
Kwita ku mirire yawe;ukagabanya isukari
Kurya ibikungahaye kuri omega-3 birimo amafi,chia seed
Kurya cyane imbuto n’imboga
Kwirinda ibirya bitera ubwivumbure bw’umubiri
Gukora imyitozo ngorora mubiri ku buryo buhoraho
Kwirinda infection zaterwa na virus ,bacteria,
Kwirinda umujagararo(stress)
Kwirinda kunywa itabi
Kwirinda ko umubiri wawe wahura n’uburozi butandukanye
Kurya ibiryo bikungahaye ku ntungamubiri ndodo ,ibirinda kanseri,
Kwirinda kurya kenshi ibyakorerwe mu nganda
Kwirinda kunya inzoga nyinshi
Kunywa ibyo kunywa birimo isukari nyinshi yo mu ruganda
Kugerageza kwiyiriza ubusa
Kugenzura ingano ya calorie ufata
Kora sport wishimiye nko kugenda,kwiruka,koga,kubyina,
Ese waba uzi ko hari imiti myimerere yafasha kuzamura ubudahangarwa bwawe?
Ushobora kuba ufite ubudahangarwa bw’umubiri buri hasi
Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).Iyo miti rero ikaba izamura abasirikare b’umubiri bigatuma ubudahangarwa buzamuka.Muri iyo miti twavugamo nka:Berry oil,spirulina tablets,Ca+Fe+Zi capsules,multivitamin tablets,sunrise,vitamin C tablets,A-Power capsule,cordy rayal jelly capsules
Iyi miti ikozwe ijana kw’ijana mu bimera,nta zindi ngaruka igira ku mubiri w’umuntu.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *