Mugore nawe mukobwa ushaka guca imyeyo Shangazi Dative agufitiye urubohero rwiza cyane
Yanditswe: Monday 09, May 2022
Haciye imyaka irenga makumyabiri mfasha abakobwa n’abagore batabashije kugera mu rubohero ngo bace imyeyo .
Nkunze kuganwa n’abakobwa bakuranye n’ababyeyi basobanukiwe umumaro wo guca imyeyo ,abagore babisabwe n’abagabo babo cyangwa abakobwa babisabwe n’abasore benda gushingana urugo
Nubwo guca imyeyo bifatwa nk’umwambaro w’umwanyandangagitsina kubagore n’abakobwa ariko ibinga rikomeye rindi ribamo n’uko ufasha abashakanye gukora imibonano mpuzabitsina ikabaryohera kuruta iminonano mpuzabitsina (...)
Haciye imyaka irenga makumyabiri mfasha abakobwa n’abagore batabashije kugera mu rubohero ngo bace imyeyo .
Nkunze kuganwa n’abakobwa bakuranye n’ababyeyi basobanukiwe umumaro wo guca imyeyo ,abagore babisabwe n’abagabo babo cyangwa abakobwa babisabwe n’abasore benda gushingana urugo
Nubwo guca imyeyo bifatwa nk’umwambaro w’umwanyandangagitsina kubagore n’abakobwa ariko ibinga rikomeye rindi ribamo n’uko ufasha abashakanye gukora imibonano mpuzabitsina ikabaryohera kuruta iminonano mpuzabitsina umugabo akoranye n’umugore utaraciye imyeyo.
Shangazi Dative ndahari rero kubwawe mukobwa nawe mugore ukeneye iyo service.
Wampamagara kuri Tel:0783441825 iri no kuri WhatsApp.
Nkorera mu Mujyi hirya y’ahahoze gereza ya Nyarugenge ugeze kuri statio SP ihari urampamagara .
Mugore mawe mukobwa nguhaye kalibu murakoze.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *