skol
fortebet

Ikigo Kundubuzima Health care gifite imiti ikiza Kanseri yo mu maraso ikunze guhitana benshi mu maraso

Yanditswe: Saturday 10, May 2025

featured-image

Sponsored Ad

Ikigo Kundubuzima Health care gifasha abarwaye Kanseri yo mu maraso, akaba ari indwara ikunze guhitana abantu benshi hirya no hino ku isi. Ikaba ivurwa igakira hifashishijwe imiti y’umwimerere ikomoka ku bimera.

Sponsored Ad

Kanseri yo mu maraso ni indwara ifata uturemangingo tw’amaraso twera twitwa lymphocyte.utwo turemangingo tukabaho dusandaguje mu maraso kandi tugakomeza kubyara utundi dufite ikibazo, tukibasira impyiko n’urwagashya .

izwi ku izina rya Leukemia ikaba ari kanseri ifata mu musokoro w’amagufwa ,uyu musokoro ukaba ufasha mu ikorwa ry’uturemangingo tw’amaraso dutukura (Red blood cells ) ,iz’umweru (White blood cells) na platelets

Bigenda gute ngo kanseri ikwirakwire mu maraso

Kanseri yo mu maraso itangirira mu mihindagurikire mu makuru y’uturemangingo sano, Aho amakuru ya DNA ariyo agena imikorere n’imyororokere ya buri karemangingo ,iyo rero habaye impinduka muri ayo makuru bitera ,imikorere mibi ndetse n’imyororokere mibi y’uturemangingo aho bitera ivuka ry’uturemangingo twinshi ariko tumeze nabi aritwo tubyara kanseri

Iyo byagenze gutya rero intete nziza z’amaraso ndetse n’udufashi biragabanuka ,umuntu agatangira kugaragaza ibimenyetso bya kanseri.

IBIMENYETSO BYA KANSERI YO MU MARASO

kurwaragurika
kubabara mu nda cyane igihe kinini kandi gihoraho
umunaniro uhoraho
kubabara mu muhogo
gupfuka umusatsi iyo yakurenze
kunanirwa guhumeka
guhora ukonje cyane
inzara z’amano n’intoki zihinduka umukara
Gutakaza ibiro nta mpamvu izwi
Kubyimba umwijima n’urwagashya
Kuva amaraso byoroshye
Guhora uva imyuna kenshi
Utubara twirabura ku ruhu
Kubira ibyuya mu ijoro
Kubabara mu magufwa
Kubabara mu ngingo
Kugira umuriro no kumva ukonje
Guhorana umunaniro uhoraho
Impamvu zongera ibyago byo gufatwa na kanseri yo mu maraso

a. Kuba warigeze kurwara ubundi burwayi bwa kanseri

Abahanga bavuga ko kuba warigeze guhabwa imiti ya kanseri irimo nk’imiti yifashisha ibinyabutabire bikaze ndetse n’ikoresha imirasire nka chemotherapy na Radiotherapy bikongerera ibyago byo gufatwa na kanseri yo mu maraso.

b. Ibibazo mu turemangingo tugena amaraso

Utu turemangingo iyo dufite ibibazo dushobora gutera kanseri yo mu maraso cyane cyane nk’ibibazo bya Down syndrome aho ibibazo ya Chromosome ya 21 ,iki kibazo kikaba kizwi kandi nka Trisomy 21.

c.Kuba warahuye kenshi n’ibinyabutabire bitandukanye

Ubushakashatsi bugaragaza ko ibinyabutabire nka Benzene ndetse n’ibindi bitandukanye bikomoka kuri peteroli byongera ibyago byo gufatwa na kanseri yo mu maraso.iyo ukoreye aho uhura nabyo kenshi.

D.Kunywa itabi

Itabi bigaragazwa ko ari nyirabayazana mu gutera ibibazo bya kanseri zitandukanye harimo na kanseri ifata mu maraso

e.Kuba mu muryango wawe harimo umuntu warwaye kanseri yo mu maraso

Nkuko twabibonye iyi kanseri ishobora kuba uruhererekane mu muryango bishyingiye ku bibazo byaba biri kuturemangingosano.

kanseri y’amaraso yavurwa gute?

Ubuvuzi buhabwa umuntu ufite uburwayi bwa kanseri y’amaraso busa cyane n’ubuzi bundi butangwa bavura izindi kanseri harimo gukoresha ibinyabutabire ,gukoresha imirasire itwika uduce turwaye ,gusimbuza igice kirwaye kigakurwaho nibindi…

Mu buvuzi bwa kanseri yo mu maraso hiyongera kuba hasimbuzwa umusokoro urwaye ,aribyo byitwa Stem cell transplant ,aha umurwayi akurwamo umusokoro w’amagufwa urwaye ,hagashyirwamo undi utarwaye.

Uko ubuvuzi bugenda butera imbere niko hagenda havumburwa uburyo bunyuranye bwo kuvura indwara; stem cells therapy mu Kinyarwanda twavugako ari ubuvuzi bukoresha uturemangingofatizo muzi, mu yandi magambo ni ubuvuzi bukoresha uturemangingofatizo twari kuzavamo utundi.

Ubusanzwe iyo hakibaho gusamwa, kaba ari akaremangingo-fatizo kamwe kakagenda kishwanyaguza tukaba tubiri, tune, umunani, gutyo gutyo. Uko tugenda tuba twinshi niko tugenda twisobanura, aho tumwe duhinduka imikaya, utundi insoro z’amaraso, amagufa ,uturemangigo tw’uruhu, utw’ubwonko, gutyo gutyo…. Iyi stem cell rero iba itarasobanuka ngo hamenyekane icyo izavamo niyo yifashishwa muri ubu bwoko bwo kuvura

Umuntu cyangwa inyamaswa bavuka bafite uturemangingofatizo(stem cells)duhagije ariko uko tugenda dukura tukagabanuka ku buryo ku myaka 30 tuba tumaze gutakaza 65% byatwo kandi utu turemangingo dufasha cyane mu kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri,tukarwanya indwara zitandukanye yewe n’indwara z ‘ibyorezo.

Kongera umubare rero w’utu turemangingo fatizo (Stem Cells); nukugaburira ndetse no gusubiza imbaraga n’ubuzima umutima,insoro z’amaraso,impyiko,uruhu,amagufa,ubwonko,imikaya,ibice byose bigize umubiri muri rusange.

Muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARE rero twabazaniye Stem Cell Product

zirihariye kandi n’ingenzi kuko zifite ubushobozi bwo kwinjira mu mikorere yose y’umubiri,mu ikorwa ry’uturemangingo dushya(cellules),zifite ubushobozi bwo gusazura uturemangingo(cellules) twashaje,ndetse zifite ubushobozi bwo kwihinduramo ubwoko bw’uturemangingo(cellules) dukenewe mu mubiri

Zirimo:, Rosenta ,Sun Rise,SunSet,ganoderma capsules,spirulina Tablets,multi vitamin tablets ,golden hypha capsules,ginseng plus capsules,REISHI CAPSULES

ADDRESS

IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, NYARUGENGE mu nyubako ya CHIC muri Etaje ya mbere winjiriye kuri MTN CENTER na UMUT-Restaurent,ni hejuru neza ya MTN muri CHIC ,Twegeranye na ACTION COLLEGE

Dukorera muri Etaje ya mbere (1), mu muryango wa E050

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)

E-mail: [email protected]

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa