skol
fortebet

#Kwibuka28: Yvanny Mpano yasohoye indirimbo ivuga ku giti cyatemwe ariko kikongera gushibika

Yanditswe: Wednesday 13, Apr 2022

featured-image

Sponsored Ad

Abahanzi bakomeje kwifatanya n’Abanyarwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Yvanny Mpano yasohoye indirimbo ’Twibuke’yo kwifatanya n’Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 28, ivuga ku giti cya temwe ariko kikongera gushibuka.

Sponsored Ad

Umuhanzi ukunwe n’abatari bake mu Rwanda Yvanny Mpano yasohoye indirimbo ’Twibuke’ ivuga ku mateka yaranze u Rwanda ubwo Igihugu cyacuraga umuborogo ariko urumuri Rw’ikizere rukaba rwaraje.

Yvanny Mpano yasabye Abanyarwanda ko bakwiye kwibuka ko ari abanyarwanda bibatere 0guharanira iteka guhora biyubaka.

Yagize ati"Hari igiti cyatemwe gishora imizi kirashibuka, hari urumuri rwazimye ariko hasize igihe ruramurika, hari amateka dusangiye ubwo igihugu cyacuraga umuborogo, ariko ihorere Rwanda.

Mu ndirimbo ye yakomeje gusaba Abanyarwanda kwibuka ababanjirije ubutwari bagize nka bantu buri wese akwiye gufatiraho urugero bibafashe kubaka u Rwanda ruzira amacakubiri.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa