skol

Ubuzima

Leta y’u Rwanda yatangaje ko hagiye gutangwa urukingo rwa 4 rwa Covid-19

U Rwanda rwatangaje ko guhera tariki 8 Kanama 2022, gahunda yo gutanga dose ya 2 ishimangira (…)

Huye: Umugabo aremera ko yakubise umugore we isuka mu mutwe amuziza ko yamwise Imbwa

Umugabo wo mu Murenge wa Gishamvu mu Karere ka Huye, akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica (…)

Umwana w’imyaka 17 arakekwaho kwica mubyara we w’imyaka 31 bapfa gucomeka Telephone

Mu Gihugu cya Kenya mu Ntara ya Nandi haravugwa inkuru y’umwana w’imyaka 17 wahitanye ubuzima (…)

Niba ufite iyi myitwarire, menya ko ufite ubu bwoko bw’amaraso

Mu bihugu byinshi bitandukanye nk’ubuyapani ubwoko bw’amaraso ni kimwe mu bimenyetso bagenderaho (…)

Urubyiruko rwiganjemo abahanzi kubufatanye na Gashumba Foundation basuye urwibutso rwa Kigali n’Igicumbi cy’Intwari

Urubyiruko rugera kuri 50 rwaturutse mu karere ka Rwamagana ruyobowe n’ubuyobozi bwa karere (…)

Nyarugenge: Ba banyeshuri b’abakobwa baheruka kugaragara bikubita hasi , hamenyekanye icyabiteye

Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri cya ESSI (Ecole Secondaire Scientifique Islamique) kizwi nko kwa (…)

Cyiganje cyane mubaryamana bahuje ibitsina! Icyorezo cya monkeypox gikomeje kuyogoza Isi

Ishami ry’Umuryago w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatandatu (…)

Bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko wanduye SIDA bitagusabye kwipimisha

Bizwi ko agakoko gatera Sida kadapimihwa ijisho ariko ubushakashatsi bwagaragaje ko hari bimwe (…)

Ifoto ya Israel Mbonyi akiri muto yavuzweho na benshi mu gutera urwenya(AMAFOTO)

Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza wamenyekanye (…)

Hahishuwe impamvu ibicurane birimo kuzahaza benshi muri iyi minsi

Inzobere mu bijyanye n’indwara zifata imyanya y’ubuhumekero zamaze impungenge Abaturage barimo (…)

Ni gute ushobora kwita ku ruhu rwawe ukarurinda gusaza?

Abantu bose bahangayikishwa n’uruhu rwabo mu gihe rutameze neza rimwe na rimwe ugasanga ntacyo (…)

Menya amakosa umukobwa utarashaka ashobra gukora bikamuviramo kugumirwa

Abakobwa batarashaka abagabo, benshi bakunze kubafata nk’abantu babeshya cyangwa se batagira (…)

Huye: Umugabo arashinjwa kwica umugore we utwite amukubise ifuni

Mu Karere ka Huye, umurenge wa Kigoma umugabo w’imyaka 40 akurikiranweho icyaha cyo kwica (…)

MINEMA yagaragaje imibare y’abahitanywe n’ibiza by’imvura n’icyo iri kubafasha

Mu ijoro ryo kuwa 23 Mata 2022 haguye imvuya ikabije ndetse yangiza byinshi harimo n’ubuzima (…)

Burera: Umubyeyi ukekwaho kwiyicira umwana yafashwe

Nyirandegeya Vestine wo mu kigero cy’imyaka 22, wo mu Kagari ka Runoga mu Murenge wa Gitovu mu (…)