skol

Ubuzima

Agakingirizo kagiye kugura umugabo gasibe undi

Uruganda rukomeye ku isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kuzamura (…)

U Rwanda mu bihugu bigiye guhabwa umuti urinda agakoko gatera Sida

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na (…)

Karongi: Abantu 17 bakorewe ‘Plastic surgery’

Abantu 17 baherewe mu Bitaro bikuru bya Kibuye mu Karere ka Karongi, serivisi yo kubagwa (…)

Ngoma : Hatanzwe Imbagukiragutabara ifite agaciro ka miliyoni 140 frw

Ibitaro byigisha ku rwego rwa Kabiri bya Kibungo byahawe imbagukiragutabara ifite agaciro ka (…)

Imbwa mu nyamaswa zugarijwe n’agahinda gakabije kurusha izindi: Uko wakarinda iyawe

Ubushakashatsi butandukanye, nk’ubwasohotse mu kinyamakuru cya Science Direct mu wa 2020, (…)

Huye: Hafunguwe ikigo kizajya gihugurirwamo abaganga

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ikigo gishinzwe guhugura abakozi bo mu (…)

Nyagatare:Rukomo inzu y’ababyeyi bubakiwe yabaye igisubizo ku bahabyarira

Abagana Ikigo Nderabuzima cya Rukomo mu Karere ka Nyagatare barishimira ko bubakiwe inzu (…)

Icyihishe inyuma y’ubwiyongere bw’inda ziterwa abangavu mu mboni z’abo mu Ngororero

Ingimbi n’abangavu biga ku ishuri rya GS Muhororo riherereye mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka (…)

Kuki abagabo bazana uruhara, abagore ntibarugire?

Mbese wigeze wibaza uti, kuki abagabo bazana uruhara? 43% by’abagabo ku Isi bafite uruhara (…)

Sobanukirwa ‘Lazarus sign’, ibimenyetso bikorwa n’umuntu wapfuye

Abantu benshi ntibazi ko umuntu wapfuye aba ashobora gukora ibimenyetso by’umubiri kandi ingingo (…)

Bwa mbere abarwayi b’igicuri barindwi babagiwe mu Rwanda bigenda neza

Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byatangaje ko ‘operations’ zo kubaga uburwayi bw’igicuri (…)

Ibitaro bya CHUK bizatangira kwimukira i Masaka muri Werurwe 2026

Nyuma y’uko imirimo yo kubaka ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) igeze ku musozo, (…)

Ubuhamya bwa Mukakamanzi wakize kanseri y’inkondo y’umura

Mukakamanzi Anathalie ni umubyeyi w’abana batanu, ufite ubuhamya bukomeye bw’uko yakize kanseri (…)

Kanseri y’inkondo y’umura ishobora gupimirwa ku mihango- Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko amaraso yo mu mihango y’umugore ashobora kwifashishwa mu (…)

Mu gihe gito tuzabona abaganga benshi kandi bari hose mu gihugu- Minisante

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko gahunda yo kongera umubare w’abakora mu rwego rw’ubuvuzi izwi (…)