skol

Ubuzima

Abaturarwanda ibihumbi 400 basanzwemo malaria mu mezi atatu ya nyuma ya 2025

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko abandura malaria biyongereye cyane mu (…)

Abanyarwanda barenga ibihumbi 54 basanzwemo Virusi itera Sida mu myaka itandatu

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu myaka itandatu ishize (…)

Abagore barenga ibihumbi 83 babyaye babazwe mu Rwanda

Abagore barenga ibihumbi 83 mu bagore barenga ibihumbi 336 babyaye mu 2024 babyaye babazwe, (…)

Umugore watwitiye hanze ya nyababyeyi yabyaye umwana muzima, bitangaza benshi

Suze Lopez ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko abyaye umwana w’umuhungu mu buryo na we (…)

Abana bapfa batagejeje imyaka 5 bageze kuri 36/1000 bavuye kuri 45/1000

Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima mu Rwanda, DHS7, bwatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu (…)

Abahabwa imiti igabanya Virusi itera SIDA bagiye kujya baterwa urushinge rw’amezi atandatu mu cyimbo cy’ibinini

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, kiri kuvugana n’abafatanyabikorwa ba Leta mu byo (…)

Hatanzwe impuruza ku dukoko tuba mu mubiri tutagishoboye kuvurwa n’imiti

Ikigo cy’Igihugu Cyita ku Buzima, RBC cyagaragaje ko hari udukoko dusigaye tuba mu mubiri dufite (…)

Buri mwaka Abanyarwandakazi 700 basanganwa kanseri y’inkondo y’umura

Kanseri y’inkondo y’umura ni mwe muri kanseri zugarije abagore nyuma ya kanseri y’ibere aho (…)

Mu Rwanda hatangiye kubakwa laboratwari ipima indwara zikomoka ku nyamaswa

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, ari kumwe na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. (…)

Abarwaye kanseri y’inkondo y’umura mu Rwanda bageze ku 5.600

Ikigo cy’Igihugu Cyita ku Buzima,RBC kigaragaza ko abagore n’abakobwa barwaye kanseri y’inkondo (…)

Minisitiri Dr. Nsanzimana yasabye ababyeyi kutohereza ku ishuri abana barwaye ibicurane

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yasabye ababyeyi ko mu gihe abana baba barwaye (…)

Umuti mushya wagaragaje ubushobozi bwo guhangana na malaria ku kigero cya 97%

Umuti uzwi nka ‘ganaplacide/lumefantrine’ cyangwa ’GanLum’ wakozwe n’Ikigo Novartis cyo mu (…)

Rubavu: Hadutse “Ibicurane bifite ubukana bwinshi” bimaze guhitana abana 3

Inzego zitandukanye mu Karere ka Rubavu, ziremeza ko hadutse icyorezo cya grippe kimaze guhitana (…)

Abantu miliyoni 10 bashobora kuzandura igituntu mu myaka icumi iri imbere

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS ryatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni (…)

RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyibukije Abanyarwanda ko hari ubushakashatsi buheruka (…)