skol

Ubuzima

Abantu 64 bamaze gusimburizwa impyiko bikorewe mu Rwanda

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bikorera i Kigali byatangaje ko kuva muri Gicurasi 2023 (…)

U Rwanda rugiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje intambwe yatewe mu rwego rw’ubuvuzi, ubu mu Rwanda hakaba (…)

Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58.688 batanze amaraso 84,383 mu mwaka wa (…)

Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu (…)

Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 (…)

Abagera kuri 2088 bahuye n’ ihungabana mucyumweru cy’icyunamo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko bantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana (…)

Dore ingaruka zo gukoresha ibinini byongera ubushake ku bagabo

Abagabo bagirwa inama cyane yo kutijandika mu miti yongera ubugabo aho bakoresha ibinini (…)

Uko kwikinisha bitwara uburyohe bw’imibonano mpuzabitsina

Gukubaganya imyanya ndangagitsina hagamijwe kugera ku byishimo bya nyuma cyangwa kurangiza (…)

Ni ku yihe myaka ukwiye kurekaho kunywa ibisindisha?

Umunyamerika Dr. Richard Restak usanzwe ari inzobere mu kwita ku buzima bw’ubwonko by’umwihariko (…)

Dore amabanga abagabo bavumbura ku bakunzi babo ntirireme

Abagabo bakunze kuba abanyamahoro no mu rugo ndetse bagacisha macye ariko bagakunda ukuri (…)

Dore icyo wakora kugira ngo uturishe umutima w’umusore wahuzwe urukundo

Urukundo rwakomerekeje bamwe bituma abanyantege nke bavuga ko batazongera gukunda nyamara (…)

Menya ubwoko bw’amaraso butuma abashakanye badashobora kubona urubyaro

Ubusanzwe iyo hari ikintu kidasanzwe cyinjiye mu mubiri, utari usanzwe uzi, icyo gihe umubiri (…)

Dore uburyo ushobora kuriramo bikagufasha kugabanya ibiro

Ubushakashatsi bwagaragaje ko burya mu gihe umuntu yarize mu gihe gikwiye, kandi akarira kugeza (…)

Yishe umugore we nyuma yo kubura amafaranga y’ibitaro

Umugabo ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akomeje kuba igitaramo nyuma yo gushinjwa (…)

wari uzi ko gukaraba buri munsi bigira ingaruka? dore zimwe muri zo

Abashakashatsi Julie Russak na David Whitlock, bagaragaje ko kwoga bigabanya utunyabuzima( (…)